Amakuru
The Government of Japan has announced 856,136 USD as support to the UN Refugee Agency in Rwanda for the year 2021, funding the Burundian...
Hi, what are you looking for?
The Government of Japan has announced 856,136 USD as support to the UN Refugee Agency in Rwanda for the year 2021, funding the Burundian...
Abagabo bane bakomoka mu karere ka Rusizi ariko bamwe bakaba baba i Kigali, ku wa 15 Werurwe 2021 bafatiwe mu murenge wa Kayenzi mu...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...
Mu mezi atanu ashize, urubuga rwa YouTube rwasibye amashusho asaga ibihumbi 30, yagaragazaga amakuru atari ukuri ku rukingo rwa Covid-19; Nk’uko umuvugizi w’uru rubuga...
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu ry’amashanyarazi mu karere ka Kamonyi, EUCL buratangaza ko bwafashe ingamba zo kujya basanga abakiriya bakeneye umuriro aho bari hagamijwe...
Ku wa mbere tariki ya 15 Werurwe 2021, abanyamakuru, abarimu bo muri Kaminuza n’abacururiza mu isoko rya Gahanga mu karere ka Kicukiro, ni ibyiciro...
Ikigurishwa: Ubutaka bwubatsemo GS ASPEKAUPI: 2/08/03/01/999Tariki ya cyamunara: 17/03/2021Isaha ya cyamunara: saa tanu z’amanywa (11:00) Aho umutungo uherereye Akagari: RugaramaUmurenge: KayenziAkarere: Kamonyi
The 2030 Agenda, with its Sustainable Development Goals (SDGs), provides a vision for an integrated and sustainable approach to development. This note argues that...
Ubwo hatanginzwaga gahunda yo gukingira, hibanzwe ku Banyarwanda bafite ibyago byo kwandura covid_19 kurusha abandi hagendewe ku kazi bakora. Hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye...
Kuva ku wa 5 kugeza ku wa 11 Werurwe 2021, mu Rwanda abamaze guhabwa urukingo rwa COVID-19 basaga ibihumbi 238, barimo abakozi bo nzego...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021, Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bikingije COVID-19, mu bitaro...
Minisitiri w’intebe akaba na Minisitiri w’Ingabo wa Côte d’Ivoire, Hamed Bakayoko, yapfiriye mu bitaro byo mu Budage, nk’uko byatangajwe na Perezida w’iki Gihugu. Nk’uko...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (CommonWealth), Madamu Patricia Scotland, waje kuganira n’u Rwanda aho rugeze...
Mu Karere ka Nyamagabe, Abaturage bahahira mu isoko rya Kaduha bahangayikishijwe n’umwanda ukabije uri mu bwiherero; bagasaba Leta ko yashyiraho abakora isuku bahoraho. Abaturage...
Ikigurishwa: Ubutaka bwubatsemo InzuUPI: 5/01/04/01/3020Tariki ya cyamunara: 19/03/2021Isaha ya cyamunara: saa sita z’amanywa (12:00) Aho umutungo uherereye Akagari: BicacaUmurenge: KarengeAkarere: Rwamagana