Imanza
Mu rubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) I Paris, Muhayimana Claude yasobanuye urugendo rwe agera mu Bufaransa ndetse n’uko yinjiye mu...
Hi, what are you looking for?
Mu rubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) I Paris, Muhayimana Claude yasobanuye urugendo rwe agera mu Bufaransa ndetse n’uko yinjiye mu...
Ku wa Kane tariki ya 25 Ugushyingo 2021 mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare giherereye i Nasho mu Karere ka Kirehe “Nasho Basic Military Training Center” hasojwe imyitozo yari...
Ku wa kane tariki ya 25 Ugushingo 2021, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC), ku bufatanye n’ikigo kita ku ndwara zitandura NCD (Non-Communicable...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kamegeri, haravugwa inkuru ibabaje cyane bitewe n’impanuka y’ikamyo yahabereye mu rukerera rw’uyu munsi tariki ya 19 Ugushyingo 2021,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Umuryango Imbuto Foundation ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE), kuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2021, batangije Icyumweru cyo kwita ku buzima bw’umwana...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...
Mu ibaruwa yo ku wa 15 Ugushyingo 2021 Sam Karenzi yandikiye Perezida wa Bugesera FC, ikinyamakuru Panorama gifitiye kopi, yanditse asaba kwegura ku mpamvu...
Umuturage wo mu karere ka Kayonza witwa Rutayisire Boniface, yandikiye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu amusaba kuzirikana abantu bose bari biyamamarije kujya mu nama Njyanama z’uturere,...
Ntezirembo Jean Claude, wahoze ayobota Umurenge wa Muhanga washinjwaga icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato akanamwanduza indwara idakira yagizwe umwere. Uyu wahoze...
Ku wa kabiri tariki ya 16 Ugushyingo 2021 mu gihugu hose bahabye amatora yo gutora abajyanama rusange umunani binjiye mu nama njyanama z’uturere. Mu...
Amakuru atangazwa na Banki y’Isi, yagaragaje ibihugu 10 bya mbere mu bucuruzi mu mwaka wa 2021. U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri nyuma...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ yahagaritswe igihe kitazwi mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kubera imyitwarire idahwitse. Niyonzima yagaragaye mu...