Imyidagaduro
Bikorimana André ni umwe mu baririmbyi bari bagize itsinda (Orchestre) Nyampinga ry’ahahoze ari muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu karere ka Huye mu...
Hi, what are you looking for?
Bikorimana André ni umwe mu baririmbyi bari bagize itsinda (Orchestre) Nyampinga ry’ahahoze ari muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu karere ka Huye mu...
Ku wa 25/10/2021, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Mahanga bwaregeye mu buryo bwihuse dosiye bukurikiranyemo umugabo wishe umugore we amukubise umuhini, akaba afungiwe by’agateganyo...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abahungu babiri bakekwaho kwangiza ibikoresho bitanga amashanyarazi. Icyaha cyabaye mu ijoro ryo ku wa 21/10/2021 mu mudugudu...
Nk’uko Ikinyamakuru Jamaica Observer dukesha iyi nkuru kibitangaza, Umupasiteri wo muri Jamayika uregwa ibitambo by’abantu mu rusengero rwe yapfiriye mu mpanuka y’imodoka y’abapolisi ubwo...
Ronald Koeman umutoza w’Ikipe ya Barcelona ukomoka mu buholandi yirukanwe na Barcelona nyuma y’amezi 14 ashinzwe kuyobora ikipe, akaba yamenyeshejwe ko yirukanywe nyuma y’umukino...
Padiri Dr Fidèle Dushimimana, Umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe amasomo n’ubushakashatsi mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) riherereye mu karere ka Muhanga, yamuritse igitabo...
Ikipe ya APR FC iheruka gusezererwa mu marushanwa ya CAF Champions League, yatomboye ikipe ya RS Berkane yo muri Maroc, ikipe itozwa n’umutoza Florent...
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera, Umurenge wa Mayange, Akagari ka Gakamba, Umudugudu wa Kavumu batujwe muri uwo mudugudu bavuze ko bamaze...
Abakozi ba Sosiyete yo mu Butaliyani ikora ubwikorezi bwo mu kirere ‘Alitalia’, bakoze imyigaragambyo rwagati i Roma biyambura imyenda mu ruhame kubera ikibazo cy’ubukungu...
Muri Amerika umugore witwa Deja Haugabook, ufite imyaka 18, washakanye n’umugabo uruta sekuru witwa Michael Haugabook w’imyaka 61, yashyize ahagaragara videwo yihaniza abantu bita...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF rifatanyije n’Ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi hanze, NAEB, byiyemeje gutangiza...
Umuhanuzikazi witwa Utang Edet Offiong, ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyinguwe ari muzima n’abagize umuryango we bari barakaye bamushinja gukora ibikorwa by’ubupfumu. Utang, yari...
Impuguke mu birebana n’ishoramari ziravuga ko ikibazo cy’inyungu ku nguzanyo ikiri hejuru, cyakemuka ari uko 86% by’abazigama bakwigomwa nibura 30% y’ibyo binjiza. Ibi byatuma...