Amakuru
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 5/07/10/05/5091 Tariki ya cyamunara: 18/08/2020 Isaha ya cyamunara: saa cyenda z’igicamunsi 15:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Nyamata y’Umujyi Umurenge: Nyamata Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788307398/0788482817
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 18/08/2020 saa sita...
Mu karere ka Kamonyi hatangiye kugezwamo ibikorwa by’iterambere bitandukanye nk’inganda, imihanda ya kaburimbo n’amashuri. Ibyo bikorwa bikaba birimo gufasha guhangana n’ubushomeri. Akarere ka Kamonyi...
Bamwe mu Banyarwanda mu ngeri zinyuranye, baravuga ko imiyoborere myiza no gushyiraho gahunda z’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza ari byo bituma icyizere cyo kubaho mu...
Bamwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha abaturage gukumira icyorezo cya COVID-19 mu turere dutandukanye rurasaba ko hakongerwa ibikoresho rwifashisha muri aka...
Bamwe mu bakoresha imiti isukura intoki izwi nka “hand sanitizers” barakemanga ubuziranenge bw’imwe muri iyi miti icururizwa ku zuba bagakeka ko ishobora kubagiraho ingaruka....
Mu gihe buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama buri mwaka, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 01162/2017/TC/NYGE na RCOMA 00302/2018/CHC/HCC, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko kuwa gatatu tariki ya 12/08/2020 guhera saa saba z’amanywa (13:00) azateza cyamunara umutungo...
Turamenyesha ko uwitwa FEZA Immaculle mwene Rwililiza Innocent na Kayitesi Epiphanie, utuye mu mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Nyamata y’Umujyi, Umurenge wa Nyamata, Akarere...
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y’impamyabumenyi bahawe “Dental Therapy” yahinduka kuko ngo...
Nairobi, August 6, 2020: African governments, seed companies and regional bodies have been asked to promote appropriate agricultural technologies and innovations that will help...
Turamenyesha ko uwitwa NYIRAGATWA Valentine mwene Seyanga Aminadab na Mukakarara Ecolia, utuye mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro, Akarere ka...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 10/08/2020 saa munani...