Ahandi
Abakozi ba Sosiyete yo mu Butaliyani ikora ubwikorezi bwo mu kirere ‘Alitalia’, bakoze imyigaragambyo rwagati i Roma biyambura imyenda mu ruhame kubera ikibazo cy’ubukungu...
Hi, what are you looking for?
Abakozi ba Sosiyete yo mu Butaliyani ikora ubwikorezi bwo mu kirere ‘Alitalia’, bakoze imyigaragambyo rwagati i Roma biyambura imyenda mu ruhame kubera ikibazo cy’ubukungu...
Muri Amerika umugore witwa Deja Haugabook, ufite imyaka 18, washakanye n’umugabo uruta sekuru witwa Michael Haugabook w’imyaka 61, yashyize ahagaragara videwo yihaniza abantu bita...
Mu ijoro ryo kuwa kuwa 18 Ukwakira 2021 hagaragaye Indege zitwaye abimukira batarageza ku myaka y’ubukure bajyanwa rwihishwa mu mujyi wa New York mu...
Ijwi rimwe gusa ry’ikinyuranyo niryo ryashyize iherezo ku butegetsi bwa Netanyahu, wari umaze imyaka 12 ari Minisitiri w’intebe wa Israel. Yair Lapid watsinze amurusha...
Ibihugu bya Afurika ntibigomba gusigara inyuma, hakenewe inkunga ikomeye kugira ngo ubukungu bwayo bwazahajwe n’icyorezo cya Coronavirus bwongere buzamuke. Uyu ni umwe mu myanzuro...
Igikomangoma Philip, umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yatabarutse ku myaka 99 y’amavuko. Yari amaze imyaka 65 ashakanye n’Umwamikazi Elizabeth II. Ingoro y’Ubwami bw’u...
Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we, bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we w’umuhungu rizaba...
Perezida watowe muri Amerika Joe Biden yahisemo Jenerali uri mu kiruhuko cy’izabukuru Lloyd Austin ngo abe umunyamabanga ushinzwe ingabo, nk’uko bivugwa n’ibitangazamakuru byo muri...
Ku cyumweru, Perezida wa Peru, Manuel Merino, yeguye ku mirimo ye, nyuma y’iminsi itanu gusa atangiye imirimo, nyuma y’imyigaragambyo yamwamaganaga. Merino w’imyaka 59 yeguye...
Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo “matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika” –...
Umugabo n’umugore we b’Abadage bafite inkomoko muri Turukiya, ubu ni bo bahabwa amahirwe menshi yo kuba aba mbere mu kugeza ku isoko urukingo rwa...
Joe Biden umukandida w’Umudemokarate wahataniraga kuyobora Leta zunze Ubumwe za Ameriaka, yatsinze bidasubirwaho Donald Trump umukandida w’umurepubulikani wari umaze imyaka ine ari Perezida wa...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, ku wa kabiri tariki ya 13 Ukwakira 2020, yaburiye Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi guhagarika ibiganiro nyuma...
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umwirabura witwa George Floyd, yarekuwe by’agateganyo n’urukiko nyuma yo...
Ku wa gatatu tariki ya 26 Ukuboza 2018, abagize Inteko ishinga amategeko ya Isiraheli bemeje iseswa ryayo hamwe na Sena banemeza itegurwa ry’amatra azaba...