Amakuru
Uyu mugani baca ngo: “yakoze iyo bwabage”, cyangwa yakoze aho bwabaga, bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga babona ananiwe icyo yahoraga ashobora...
Hi, what are you looking for?
Uyu mugani baca ngo: “yakoze iyo bwabage”, cyangwa yakoze aho bwabaga, bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga babona ananiwe icyo yahoraga ashobora...
Ikigo Nyarwanda giharanira uburenganzira no guteza imbere ubuzima, HDI, cyagiranye ibiganiro n’abakobwa batwaye inda imburagihe bo mu Karere ka Muhanga. Basobanurirwaga ibyo amategeko ateganya...
Ku nshuro ya mbere kuva icyorezo cya Coronavirus kigeze mu Rwanda, abantu babiri bishwe nacyo mu munsi umwe, bituma umubare w’abo kimaze guhitana...
Nyuma y’aho bitangarijwe ko abenshi mu bantu bamaze iminsi bagaragaraho ubwandu bwa Covid-19 ari abo mu masoko, Umujyi wa Kigali wafunze isoko rya kijyambere...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko ku bufatanye na SMS Group, cyatangije imashinizi z’ikoranabuhanga zikorerwa mu Rwanda, zizashyirwa ahantu hinjira abantu benshi mu...
Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we...
Ku wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga uburezi bufite ireme by’umwihariko ubutangirwa mu mashuri yisumbuye bwafasha Afurika kugera ku burumbuke n’iterambere ryifuzwa. Ibi umukuru w’igihugu...
Mu gitondo cyo ku itariki 13 Kamana, mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu; mu rugo rw’umuturage hafatiwe inzoga...
Mu nama yahuje abanyamakuru, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC, UNICEF n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima_WHO ndetse n’Inama y’Igihugu y’abna -NCC, kuri uyu wa 13 Kanama,...
Abaturage bo mu kagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe mu karere ka Nyamagabe, bahangayicyishijwe bikomeye no kuba Poste de Sante ya Bwenda kuri ubu...
Nk’akamenyero, buri mwaka Abanyarwanda benshi baba bategereje imvura mu kwezi kwa Kanama. Ni igihe mu Rwanda impeshyi iba iri kugana ku kurangira ubusanzwe, abakristu...
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Mu karere ka Kamonyi hatangiye kugezwamo ibikorwa by’iterambere bitandukanye nk’inganda, imihanda ya kaburimbo n’amashuri. Ibyo bikorwa bikaba birimo gufasha guhangana n’ubushomeri. Akarere ka Kamonyi...