Amakuru
Bamwe mu baturage bafite imitungo mu nkengero za Pariki ya Gishwati-Mukura bavuga ko ingurane bahawe y’amatungo magufi n’amaremare idahwanye n’imitungo bahafite. Aba baturage biganjemo...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu baturage bafite imitungo mu nkengero za Pariki ya Gishwati-Mukura bavuga ko ingurane bahawe y’amatungo magufi n’amaremare idahwanye n’imitungo bahafite. Aba baturage biganjemo...
Nsababera Fidèle wo mu Mudugudu wa Kinini, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe, avuga ko yakeneshejwe n’abana be babiri b’abajura barengeje imyaka 25 y’amavuko....
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo muhanda (Traffic Police) riributsa abatwara ibinyabiziga, muri ibi bihe twinjiyemo by’imvura y’Umuhindo, kugira uruhare rukomeye mu kwirinda...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’igihugu cy’ubuzima, RBC, butangaza ko mu Rwanda gahunda yo kuboneza urubyaro igenda neza, kuko umubare w’abana ku muryango ugenda ugabanyuka, kuko mu...
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko abashoferi 53 bafashwe mu mpera z’iki cyumweru bakuye mu modoka zabo utugabanyamuvuduko. Abo bashoferi ubu bacumbikiwe na Polisi bakurikiranweho...
Mu mpera z’icyumweru gishize, kuva kw’itariki ya 29 kugeza mw’ijoro ryo ku wa 31 Kanama 2019, abantu barenga 80 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abantu...
Umyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2019, yatawe muri...
Umuco w’umuntu ni yo ndangagaciro ye. Nk’uko ntakidapfa kandi byose bihinduka, hari ibigenda bihinduka mu buzima bw’umuntu kubera imibereho n’impinduka z’ibihe ndetse n’ibigezweho, ariko...
Mu mukwabu wakozwe na Polisi mu maduka yo kw’isoko rya Mimuli mu karere ka Nyagatare ku wa gatatu tariki ya 28 Kanama 2019, hafashwe...
Mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 29 Kanama 2019, mu murenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe, ku bufatanye n’abaturage mu mukwabu wo...
Ku wa kabiri tariki ya 27 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Rwimbogo, mu karere ka Rusizi, yafashe umuturage wacururizaga mazutu...
Ikibazo k’imyumvire y’abaturage mu karere ka Burera ku birebana no gutegura indyo yuzuye ku bana no ku mubyeyi utwite byatumye abana bagera kuri 42,9...