Amakuru
Itsinda ry’intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Itsinda ry’intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda...
Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda, bahuguwe mu gihe byagiye bigaragara ko hari abitwaza imyanya n’ubushobozi bafite bagakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ubwo...
Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 Umuryango Pro-Femmes Tweshamwe umaze ushinzwe, watanze inkunga ingana na miliyoni 51 z’amafaranga y’u Rwanda ku bahoze ari abazunguzayi bo...
Hari ababuraga amahirwe yo kujya kongera ubumenyi mu gihugu cy’u Bufaransa bitewe no kutabona amakuru ahagije ku burezi bwaho, ariko kuri ubu ababishaka bashyizwe...
Abagabo baramutse bagize uruhare mu gukora imirimo idahemberwa yo mu rugo kandi y’ingirakamaro isanzwe ikorwa n’abagore, byarushaho kwihutisha iterambere cyane cyane iry’imiryango yabo. Ibi...
Kaminuza y’u Rwanda, ishuri ry’amategeko, yegukanye intsinzi mu marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Utabara Imbabare -CICR, yahuje abanyeshuri biga amategeko muri Kaminuza zitandukanye...
Mu gihe imibare igaragaza ko abiyandikishije muri gahunda y’ubwiteganyirije benshi bari hagati y’imyaka 33 na 41, Ikigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda -RSSB, gisaba abayobozi...
Mu gihe bamwe mu banyamakuru bibwira ko bashinzwe kuvugira abaturage mu mikorere yabo ya buri minsi bibukijwe ko bashinzwe gutangaza amakuru, kwigisha no gususurutsa...
Abanyamuryango b’Urugaga rw’abahesha b’inkiko b’Umwuga mu Rwanda, binubira imishahara yabo, batoye ubuyobozi bushya nyuma y’imyaka itatu, Me Niyonkuru Jean-Aimé, ni we watorewe kuba Perezida...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwishingizi (RSSB) cyongereye imbaraga mu ikoranabuhanga hagamijwe gutanga amakuru ndetse na serivise zihuse, mu rwego rwo kurushaho kunoza gahunda y’ubwishingizi mu buvuzi...
Inyurabwenge igira iti “Urwanya ingoma iriho iyo urwanira ikazima utakiriho kandi iyo warwaniraga ntizakuzure”, yashimangiwe n’Inararibonye Boniface Rucagu mu mwaka wa 2010 muri Stade...
Abatwara abagenzi ku magare bamenyerewe ku izina ry’abanyonzi mu karere ka Gasabo barasaba ubuyobozi guca akajagari, bityo umunyonzi wese agakorera muri zone ye. Abanyonzi...
Abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma ni bamwe mu bagifite imyumvire irihasi ku bijyanye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abangavu. Abenshi basambanywa ndetse bagaterwa...
Umuryango uharanira iyubarizwa ry’uburenganzira bwa muntu n’amategeko, CERULAR usaba Leta gushyira umukono ku masezerano ya Loni ku iburirwa irengero ry’abantu. Iyi ni imwe mu...
Umuryango FPR-Inkotanyi wakiriye abanyamuryango 22 bashyashya, nyuma y’igihe bari bamaze bigishwa amatwara ya politike higanjemo ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda, imiyoborere myiza, ubutabera, ndetse n’iterambere. Uyu...