Amakuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga abagore n’urubyiruko ari ibyiciro 2 by’ingenzi bikwiye kwitabwaho by’umwihariko mu rwego rwo kurengera abatishoboye n’abandi ba nyantege nkeya...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga abagore n’urubyiruko ari ibyiciro 2 by’ingenzi bikwiye kwitabwaho by’umwihariko mu rwego rwo kurengera abatishoboye n’abandi ba nyantege nkeya...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko yaguze imashini 10 zigiye kujya zifashishwa mu kumisha imyaka y’ibinyampeke, hagamijwe kugabanya igihombo abahinzi baterwaga no kumisha mu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) iratangira gupima COVID-19 abantu bose barengeje imyaka 70 ny’amavuko, n’abafite indwara zidakira. Iki gikorwa kiramara iminsi 4 mu tugari...
Muri iki gihe hari gahunda ya #GumaMurugo mu Mujyi wa Kigali, imiryango yiganjemo na Nyakabyizi n’abandi bakora muri serivisi zahagaritswe ibangamiwe no kutabona ibibatunga....
Abari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika, bafatanyije n’ubuyobozi bw’icyo gihugu, basezeye mu cyubahiro umusirikare w’u Rwanda Sgt NSABIMANA...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA) kiravuga ko kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge ari bimwe mu bikomeje kugira uruhare mu gukwirakwiza...
Ku wa Gatatu tariki ya 20 Mutarama 2020, u Rwanda rwakiriye umuti wa Favipiravir worohereza abarembejwe na COVID-19. Ubushakashatsi bw’ibanze kuri uyu muti, bwerekanye...
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Urasabwa gukomeza gutanga amakuru ku bakora...
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Dore inama z’ingenzi uramutse zijyanye n’ibyo...
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Dore inama z’ingenzi uramutse umenye ko...
Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rubavu bagaragaza ko bahura n’imbogamizi nyinshi zo kubura ibikoresho bifashisha bita ku barwayi ba COVID-19 bavurira mu...
Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize (RSSB) cyasabye abaturage kwishyura imisanzu y’umwaka wa 2021-2022, bakurikije ibyiciro by’ubudehe basanzwe bishyuriraho. Bamwe mu baturage bahisemo kwishyurira ubwisungane mu kwivuza...
Amafaranga asaga Miliyari 11 yo mu ngengo y’imari y’umwaka ushize wa 2019-2020, ni yo leta y’u Rwanda yashoye mu bikorwa remezo by’ubuhinzi birimo ubwanikiro,...
Banki y’isi iragaragaza ko muri uyu mwaka wa 2021, ubukungu bw’ibihugu bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara buzazamuka ku gipimo mpuzandengo cya 2.7...
Guverinoma y’u Rwanda imaze gukuba incuro zisaga 65 ingengo y’imari igenera gahunda ya VUP mu myaka 12 imaze itangiye. Icyakora ntabwo abagenerwabikorwa b’iyi gahunda...