Football
Hasigaye imikino ine ku makipe yose ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igere ku musozo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2017,...
Hi, what are you looking for?
Hasigaye imikino ine ku makipe yose ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igere ku musozo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2017,...
Ngoga Martin wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) kuva mu 2015, yamaze kwemezwa n’inteko rusange ya 67 y’Ishyirahamwe ry’umupira...
Intambara y’amagambo ku muyobozi wa FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle n’abakiniye ikipe y’igihugu y’umupira w’Amavubi Stars, igejeje aho uyu muyobozi ashinjwa agasuzuguro ndetse asabirwa...
Ku nshuro ya mbere mu mupira w’amaguru, u Rwanda rwagize abatoza bafite impamyabushobozi y’icyiciro cya A y’Impuzamahuriro y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, zahawe 12....
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Werurwe 2017, Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yabonye Umuyobozi mushya, Ahmed Ahmed, mu matora yabereye Addis-Ababa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku Cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, yakiriye umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’ Umupira w’Amaguru ku Isi Gianni Infantino....
Johannesburg, February 22, 2017- The Rwanda Football Federation (FERWAFA) and German Football Association (DFB) signed a significant Memorandum of Understanding aimed at administration, promotion and...
Ikpe ya Cameroun ni yo yegukanye igikombe cya Afurika 2017cy’ibihugu itsinze Ikipe ya Misiri ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wabaye ku wa 5...
Sibomana Abouba wigeze kuba umukinnyi wa Rayon Sports, bakagirana n’ibihe byize, nyuma akayivamo ajya gukina muri Gor Mahia yo muri Kenya, ku gicamunsi cyo...
Police FC yamaze gusezerera abakinnyi batatu barimo myugariro Mugabo Gabriel, Turatsinze Hertier ndetse na rutahizamu Isaac Muganza bivugwa ko abo bakinnyi bazize imyitwarire itaboneye....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ku wa 15 Ukwakira 2016 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 30 b’Abanyafurika bazatoranywamo umukinnyi w’umwaka, hanagaragazwa urundi ruriho 25...
Sunrise FC, ikipe y’i Nyagatare, Kirehe FC ikipe ya Kirehe ndetse na Bugesera FC y’i Bugesera ni amakipe yose yo mu ntara y’Iburasirazuba, yatangiranye...
Buri kwezi muri AZAM Rwanda Premier League, hagaragaramo impano z’abakinnyi benshi bitwara neza. Umuseke ugiye kujya utora uwahize abandi mu kwezi. Kuri uyu wa...
Ku cyumweru tariki ya 16 Ukwakira 2016, ni bwo ikipe ya APR FC izakira ikipe yo mu Bufundu bwo mu majyepfo, Amagaju FC. Iyi...
The sixteen teams for next year’s Africa Cup of Nations in Gabon were confirmed after the last round of the qualifiers played on Sunday....