Football
Igitego cyinjijwe na Kylian Mbappé mu minota ya nyuma y’umukino, cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations League butsinze Espagne ibitego 2-1 ku...
Hi, what are you looking for?
Igitego cyinjijwe na Kylian Mbappé mu minota ya nyuma y’umukino, cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations League butsinze Espagne ibitego 2-1 ku...
Umukino w’umupira w’amaguru wahuzaga u Rwanda na Uganda ku Cyumweru tariki 10 Ukwakira 2021, warangiye ikipe y’umupira w’amaguru ya Uganda (Cranes) yongeye gutsinda u...
Iyi ntsinzi bayihawe n’igitego kinjijwe na Kylian Mbappé, mu minota ya nyuma y’umukino, ari na cyo cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe impamvu akomeza gufana ikipe nka Arsenal ihora itsindwa, avuga ko mu gihe inshuti igize ibyago kandi bitakugira ingaruka...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda «Amavubi Stars” yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda E ry’amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mpeshyi...
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Butera Andrew, wakiniraga APR FC ubu akaba yaratijwe ikipe ya AS Kigali, arashimira cyane ubuyobozi bwa APR FC bwemeye icyifuzo cye cyo gutizwa mu...
Impuzamashyirahamwe y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba no hagati (CECAFA) mu mupira w’amaguru, yamaze gutangaza amakipe 10 arimo APR FC yemeye kwitabira...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwagennye ubundi buryo amakuru y’ikipe azajya atambutswa buri munsi mu rwego rwo gufasha abakunzi b’ikipe y’ingabo z’igihugu kumenya...
Umutoza Mukuru wa Police FC Haringingo Francis Christian n’abamwungirije Rwaka jean Claude na Niyiturize Jean birukanwe bazira kudatanga umusaruro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi bwa...
Kuri uyu wa 10 Kamena 2021, kuri Stade yayo, Bugesera FC yari yakereye gutsinda APR FC uko byagenda kose ariko yatunguwe no kunyagirwa ibitego...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Gicurasi 2021, imikino ya ¼ muri Shampiyona y’umupira w’amaguru “Primus National League” yakomeje, aho Bugesera FC yatinze...
Umukino wa mbere wa kimwe cya kane wahuje ikipe ya APR FC na Espoir FC yo mu ka Rusizi, wabereye kuri Stade mpuzamahanga ya...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi bagomba gutangira imyiteguro mu rwego rwo guhatanira itike y’Igikombe cya Afurika. U Rwanda rufite imikino ibiri mu...
Imikino ya kimwe cyane cy’imikino nyafurika ahuza amakipe y’ibihugu akinamo abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020) izatangira ku wa Gatandatu tariki ya...