Amagare
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), ku wa gatatau tariki ya 30 Kanama 2017, ryakiriye impano y’amagare ya siporo n’ibindi bikoresho...
Hi, what are you looking for?
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), ku wa gatatau tariki ya 30 Kanama 2017, ryakiriye impano y’amagare ya siporo n’ibindi bikoresho...
Ubwo Perezida Paul Kagame yarahizaga abagize guverinoma nshya, yabakanze ahakomeye ubwo yatungaga Minisiteri zimwe urutoki avuga ko abaziyobora badakorana bikaba intandaro y’umusaruro muke. Ubusanzwe...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Minisitiri w’Intebe mushya Dr Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Matovu, mu murenge wa Coko mu karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, ku wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, Minisitiri w’Intebe mushya Dr. Ngirente Edouard yarahiriye inshingano nshya yahawe na Perezida...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku bubasha ahabwa n’Itegeko Nshinga yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Bwana Ngirente Edouard, akaba asimbuye Anastase Murekezi. Nk’uko...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda uzabera kuri Sitade Umuganda tariki ya 23 Nzeri 2017, habura...
Amakuru yabyutse acicikana ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko Diane Rwigara Nshimyimana n’umuryango we bari ahantu hatazwi gihera ejo hashize ku wa kabiri tariki ya...
Team Rwanda Cycling and Africa Rising Women’s Cycling hires an American Ms. Tarah Cole to scout, identify and train women cyclists from Rwanda to...
Uwari umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie, ejo ku wa kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, yagejeje kuri Njyanama y’Akarere ka Rubavu inyandiko ivuga...
Abakomoka mu karere ka Gatsibo bakorera i Kigali no mu tundi duce tw’igihugu, uretse abakorera muri ako karere, batangije gahunda bise “VUZA BATATU”, kugira ngo...
“Tugomba kubakira ku muco wacu kugira ngo tugere ku iterambere rirambye. Umunsi w’umuganira ni umwanya wo kwishimira ibyagezweho bijyanye n’aho ibihe bigeze.” Ibi byagarutsweho...
Maj Dr Aimble Rugomwa Mupenzi wari ukurikiranyweho kwica umwana wo mu baturanyi Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo rwamuhanishije gufungwa imyaka icumi (10), kwamburwa impeta...
Kigali, August 20, 2017 _CNLG (National Commission for the Fight Against Genocide) commends Germany for its cooperation in the fight against impunity for genocide...
Ubwo Perezida Kagame Paul yarahiriraga kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi iri imbere, ku wa 18 Kanama 2017, muri Stade Amahoro, imbere y’imbaga...