Amagare
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Hi, what are you looking for?
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Ku wa 31 Kanama 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi mu myanya imwe n’imwe, nk’uko bigaragara mu itangazo ryasohowe n’ibiro...
Hari ababyeyi bavuga ko kutagaragaza abana bafite ubumuga bwo mu mutwe ngo babashyikirize ibigo bibitaho, bibicira amahirwe y’ahazaza. Bimufasha kandi kuva mu bwigunge, no...
Ku wa gatandatu, tariki ya 28 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Sénégal (Association de la Communauté Rwandaise du Sénégal/ACRS) wizihije umunsi w’Umuganura aho...
Abaturage batuye mu karere ka Nyamagabe bishimira ibikorwaremezo bakomeje kwegerezwa, birimo kubakirwa ikiraro gihuza imirenge ya Mbazi na Kaduha aho kizabafasha mu migenderanire n’imihiranire...
Ababyeyi barashishikarizwa kujya begera abana b’abakobwa ndetse n’abahungu bakabaganiriza ku bijyanye n’imyororokere, kuko bombi inama zibareba. Abana bakeneye guhabwa ubumenyi bungana kuko akenshi usanga...
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko...
Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imitungo yasizwe na bene yo itabangamira igishushanyombonera icyo ari cyo cyose, kuko ibiteganywa n’itegeko bishyirwa mu bikorwa hagendewe no kukuba...
Hari bamwe abaturage bavuga ko bagira ikibazo cyo kutabasha kumenya amategeko rimwe na rimwe bagakora amakosa runaka bakisanga bahanwa n’itegeko bo bita ko riba...
Polisi y’u Rwanda ku bafatanye n’izindi nzego mu karere ka Rubavu, batwitse ibiro 627 by’urumogi, litiro 11 za Kanyanga n’amacupa 523 y’ikinyobwa kitujuje ubuziranenge...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba mu Rwanda (RFA: Rwanda Forestry Authority) kivuga ko hari ubwoko bw’ibiti Abanyarwanda basaba kuba batangira guhinga biva mu mahanga, bagerageje...
Ihohoterwa iryo ari ryo ryose rigira ingaruka zikomeye k’uwarikorewe ndetse n’uwarikoze, ariko rigashegesha cyane uwarikorewe. Aba bombi icyo bahuriraho ni uko bigera aho biyanga,...
Leta y’u Rwanda yirukanye mu gihugu, Umubiligi Vincent Lurquin wari mu Rwanda kuva ku itariki ya 16 Kanama 2021, kubera kwiha uburenganzira bwo gukora umurimo...
Kuva tariki ya 09 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Senegal (Association de la Communauté Rwandaise au Sénégal/ACRS) ufite abayobozi bashya nyuma yo gukora...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera abana cyatangaje ko abana barenga ibihumbi 3000 bamaze gusubizwa mu miryango bavanywe mu bigo by’Imfubyi. Ushingiye ku mibare...