Amakuru
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Hi, what are you looking for?
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda «Amavubi Stars” yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda E ry’amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mpeshyi...
Mu gihe mu Rwanda hatangwa urukingo rwa COVID-19 haherewe ku bafite imyaka 18, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, bamwe mu bafite ubumuga basaba...
Inkuru icicikana muri iki gitondo cyo ku wa 2 Nzeri 2021, ni uko umuhanzi w’Umuraperi wamenyekanye ku izina Jay Polly ubusanzwe witwa Tuyishime Joshua,...
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Ku wa 31 Kanama 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi mu myanya imwe n’imwe, nk’uko bigaragara mu itangazo ryasohowe n’ibiro...
Hari ababyeyi bavuga ko kutagaragaza abana bafite ubumuga bwo mu mutwe ngo babashyikirize ibigo bibitaho, bibicira amahirwe y’ahazaza. Bimufasha kandi kuva mu bwigunge, no...
Ku wa gatandatu, tariki ya 28 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Sénégal (Association de la Communauté Rwandaise du Sénégal/ACRS) wizihije umunsi w’Umuganura aho...
Abaturage batuye mu karere ka Nyamagabe bishimira ibikorwaremezo bakomeje kwegerezwa, birimo kubakirwa ikiraro gihuza imirenge ya Mbazi na Kaduha aho kizabafasha mu migenderanire n’imihiranire...
Ababyeyi barashishikarizwa kujya begera abana b’abakobwa ndetse n’abahungu bakabaganiriza ku bijyanye n’imyororokere, kuko bombi inama zibareba. Abana bakeneye guhabwa ubumenyi bungana kuko akenshi usanga...
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko...
Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imitungo yasizwe na bene yo itabangamira igishushanyombonera icyo ari cyo cyose, kuko ibiteganywa n’itegeko bishyirwa mu bikorwa hagendewe no kukuba...
Hari bamwe abaturage bavuga ko bagira ikibazo cyo kutabasha kumenya amategeko rimwe na rimwe bagakora amakosa runaka bakisanga bahanwa n’itegeko bo bita ko riba...
Polisi y’u Rwanda ku bafatanye n’izindi nzego mu karere ka Rubavu, batwitse ibiro 627 by’urumogi, litiro 11 za Kanyanga n’amacupa 523 y’ikinyobwa kitujuje ubuziranenge...