Amakuru
Abayobozi bo mu karere ka Bugesera bahawe iminsi 21 kuba nta muturage n’umwe utishoboye wo muri ako karere uzaba adafite icumbi. Ubwo basozaga umwiherero...
Hi, what are you looking for?
Abayobozi bo mu karere ka Bugesera bahawe iminsi 21 kuba nta muturage n’umwe utishoboye wo muri ako karere uzaba adafite icumbi. Ubwo basozaga umwiherero...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano n’ikigo cyitwa Eastern Ventures cyo Bihugu byunze ubumwe by’Abarabu agamije kwita ku mutekano wo mu muhanda. Byitezwe kandi ko...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Mu rugaga rw’abagenagaciro mu Rwanda, hatanzwe itangazo risaba abazahatanira umwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Mu bapiganwe haravugwamo umukozi wa Minisiteri y’ibidukikije ariko bivugwa ko yamaze kwemerewa...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) gifatanyije na AGRITERRA, basabye urubyiruko gushishikarira guhinga kawa k’ubw’isoko ryagutse ifite. Hari mu nama...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Muri iki cyumweru haba umukino wo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda”, Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare -FERWACY na Polisi y’u Rwanda, bifatanyije...
Abakuru b’ibihugu 4 bazongera bahurire ku mupaka wa Gatuna mu minsi itari munsi ya 45 iri imbere mu rwego rwo gukomeza gushaka uko bazahura umubano w’u...
Imyanzuro y’Umwiherero wa 17 w’Abayobozi wabaye kuva ku itariki ya 16 kugeza ku ya 19 Gashyantare 2020, mu kigo cy’ingabo z’igihugu gitanga amasomo ya...
Ibinyujije mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko Leta y’u Rwanda yishimiye...
Binyujijwe ku rubuga rw’Umuryango wari warashinzwe na Kizito Mihigo, KMP (Fondation Kizito Mihigo pour la Paix), ubuyobozi bwawo bwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo azashyingurwa...
Mu gicuku kinishye zigeze mu bakannyi (mu masaha ya saa cyenda n’iminota cumi n’umwe), ku wa gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, ku mupaka...
Abanyerondo babiri barimo Musengimana Onesphore w’imyaka 32 na Hakizimana Frederic ufite imyaka 21, bo mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, bafashwe bamaze kwaka...
Ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi bazaba bagize ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...