Amakuru
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba...
Hi, what are you looking for?
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba...
Bamwe mu bakozi ba Leta n’abo mu nzego z’abikorera barasaba ko icyemezo cyo kubakata 0.5 ku ijana ku mushahara hagamijwe kunganira ikigega cy’ubwisungane mu...
Mu Rwanda kwitabira ubwishingizi bw’ibikorwa by’ubucuruzi biracyari hasi cyane ku buryo bitagera no kuri 3 ku ijana. Banki Nkuru y’u Rwanda isanga ibi ari...
Icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) nshya kiswe COVID-19, cyagaragaye mu gihugu cy’u Bushinwa ndetse kigenda gikwira vuba na vuba mu bindi bihugu, kubera urujya n’uruza...
Abakobwa batanu hamwe n’umusore umwe bo mu murenge wa Kimisigara mu karere ka Nyarugenge, bagiriye nabi umukobwa baramukubita bigeza n’aho bonona imyanya ndangagitsina bamuziza...
Abayobozi bo mu karere ka Bugesera bahawe iminsi 21 kuba nta muturage n’umwe utishoboye wo muri ako karere uzaba adafite icumbi. Ubwo basozaga umwiherero...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano n’ikigo cyitwa Eastern Ventures cyo Bihugu byunze ubumwe by’Abarabu agamije kwita ku mutekano wo mu muhanda. Byitezwe kandi ko...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Mu rugaga rw’abagenagaciro mu Rwanda, hatanzwe itangazo risaba abazahatanira umwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Mu bapiganwe haravugwamo umukozi wa Minisiteri y’ibidukikije ariko bivugwa ko yamaze kwemerewa...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) gifatanyije na AGRITERRA, basabye urubyiruko gushishikarira guhinga kawa k’ubw’isoko ryagutse ifite. Hari mu nama...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Muri iki cyumweru haba umukino wo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda”, Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare -FERWACY na Polisi y’u Rwanda, bifatanyije...
Abakuru b’ibihugu 4 bazongera bahurire ku mupaka wa Gatuna mu minsi itari munsi ya 45 iri imbere mu rwego rwo gukomeza gushaka uko bazahura umubano w’u...
Imyanzuro y’Umwiherero wa 17 w’Abayobozi wabaye kuva ku itariki ya 16 kugeza ku ya 19 Gashyantare 2020, mu kigo cy’ingabo z’igihugu gitanga amasomo ya...