Amakuru
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Hi, what are you looking for?
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Muri iki cyumweru haba umukino wo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda”, Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare -FERWACY na Polisi y’u Rwanda, bifatanyije...
Abakuru b’ibihugu 4 bazongera bahurire ku mupaka wa Gatuna mu minsi itari munsi ya 45 iri imbere mu rwego rwo gukomeza gushaka uko bazahura umubano w’u...
Imyanzuro y’Umwiherero wa 17 w’Abayobozi wabaye kuva ku itariki ya 16 kugeza ku ya 19 Gashyantare 2020, mu kigo cy’ingabo z’igihugu gitanga amasomo ya...
Ibinyujije mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko Leta y’u Rwanda yishimiye...
Binyujijwe ku rubuga rw’Umuryango wari warashinzwe na Kizito Mihigo, KMP (Fondation Kizito Mihigo pour la Paix), ubuyobozi bwawo bwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo azashyingurwa...
Mu gicuku kinishye zigeze mu bakannyi (mu masaha ya saa cyenda n’iminota cumi n’umwe), ku wa gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, ku mupaka...
Abanyerondo babiri barimo Musengimana Onesphore w’imyaka 32 na Hakizimana Frederic ufite imyaka 21, bo mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, bafashwe bamaze kwaka...
Ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi bazaba bagize ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...
Mu gitondo cyo ku wa 17 Gashyantare 2020, mu ma saa tatu, bubinyujije ku rubuga rwa Twitter, ubuyobozi bushinzwe igikorwa cya Miss Rwanda bwatangaje...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, ku kicaro cy’umupira w’amaguru mu Rwanda habereye igikorwa cyo gutomborana hagati y’amakipe yarokotse amajonjora, akaba...
Muri iki gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda isohoye itangazo rivuga ko Umuhanzi Kizito Mihigo basanze yiyahuriye...
Leta y’u Rwanda yongeye gusaba iya Uganda guhagarika ibikorwa byo gutera inkunga no gushyigikira imitwe y’iterabwoba igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ndetse igafatira ibihano...
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro)...
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana...