Amakuru
Minisitiri w’Intebe yasezereye bitunguranye Madamu Mukantabana Seraphine wari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC: Rwanda Demobilization...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Intebe yasezereye bitunguranye Madamu Mukantabana Seraphine wari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC: Rwanda Demobilization...
President of the Republic of Rwanda, Paul Kagame, who is also the Commander in Chief of the Rwanda Defence Force has commended security forces...
Ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Ukuboza 2019, ku cyicaro gikuru cy’Umuryango FPR-INKOTANYI kiri i Rusororo mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, hateraniye...
Kuva ku itariki ya 19 kugera ku ya 20 Ukuboza 2019, i Kigali muri Convention Centre, hateraniye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 17, yayobowe na...
Gahunda ya Youth Mentoring Program y’ Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Ngoma igenewe urubyiruko rw’abanyeshuri bari mu biruhuko, yafashije abayitabiriye gutegura ejo heza...
Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani...
Nyuma y’aho urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) i Buruseli mu Bubiligi ruhamirije Neretse Fabien ibyaha bya Jenoside n’ibyaha by’intambara; ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka...
Abahagarariye urubyiruko rwo mu itorero rya ADEPR baturutse muri Komite z’urubyiruko mu turere, indembo n’Umujyi wa Kigali, ku wa 17 Ukuboza 2019 basuye Ingoro...
Turi mu kwezi kurangwa n’iminsi mikuru ikomeye aho tariki ya mbere Mutarama, abantu baba bishimira ko barangije umwaka batangiye undi, ku bakiristu habamo n’umunsi...
Urukiko rw’ i Buruseli mu Bubiligi ku wa Kane rwahamije Umunyarwanda, Fabien Neretse uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’ibyaha by’intambara nyumay’urubanza...
Ministeri y’ubuzima akomeje ubukangurambaga bwo gukumira icyorezo cya Ebola ibinyujije muri gahunda yiswe Umurinzi mu gukingira Ebola ku bushake mu karere ka Rusizi ku...
Abahinzi b’ikawa ba Koperative Abahuzamugambi y’i Maraba bageze kure bifashisha ikoranabuhanga rya telefone mu buhinzi bw’ikawa. Izi telefone bazikoresha mu gutumiza imiti igihe ikawa...
“Kugira ngo muzahagararire neza igihugu mugomba kwitanga no kwigomwa” Aya ni amwe mu magambo akubiye mu butumwa umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP...
Ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukuboza 2019, ni bwo mu rukiko rw’ubucuruzi i Nyamirambo hazaburanishwa urubanza ADEPR yarezemo GG Company Ltd ihagarariwe na...
Guverinoma y’u Rwanda na Kompanyi y’indege “Qatar Airways” ku wa 9 Ukuboza bagiranye amasezerano y’uufatanye mu ishoramari mu kibuga mpuzamahanga k’indege cya Bugesera. Ayo...