Amakuru
Tariki ya 28 Mutarama 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Ashingiye ku bubasha ahabwa...
Hi, what are you looking for?
Tariki ya 28 Mutarama 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Ashingiye ku bubasha ahabwa...
Mu Rwanda urubyiruko rwihariye igice kinini cy’abatuye igihugu. Nk’uko bigaragarazwa n’ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu 2012, urubyiruko rwihariye 60 ku ijana...
Umukinnyi wo hagati usatira mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda «Amavubi», akaba yari n’umukinnyi wa Rayon Sports, afite amasezerano azasozwa mu mpeshyi ya 2021 ariko...
Binyuze mu muryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere abari abasirikare bamugariye ku rugamba n’abandi bafite ubumuga (RECOPDO: Rwanda Ex-Combatants and other Persons with...
Ku wa 24 mutarama 2020 ubwo WDA yamurikaga umuhango wo gutanga ibitabo 400 ku bayobozi b’ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, bigamije kwifashishwa mu kuzamura ireme...
Urukiko Rukuru urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rukorera mu Karere ka Nyanza rwahamije ibyaha bamwe mu bayoboke b’ishyaka ritemewe mu Rwanda...
Agace ka Kane ka La Tropicale Amissa Bongo, ni ko gasumba utundi muri iri siganwa, kareshya na Kilometero 190, bavaga ahitwa Lambaréné berekeza Mouila....
The Rwanda Development Board (RDB) registered investments worth US$ 2.46 billion in 2019, an increase of 22.6 percent from the previous year. In 2018...
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bikomeje kurwanya ko icyorezo cya Ebola yagera mu gihugu gituranyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), kuko...
Ntalindwa Theodore,Visi Perezida w’ikipe ya Kiyovu SC, ahamya ubu ikipe izajya yifuza gutwara umukinnyi ukinira Kiyovu bitazajya biyorohera na gato ko bizasaba kwiyuha ikiya....
Ikigo Abbott gifatanyije n’umuryango Team type 1 bahaye Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda ibikoresho bizifashishwa n’abarwayi ba Diyabete yo mu bwoko bwa mbere mu gupima...
Ku wa 16 Mutarama 2020, abahinzi b’umuceri bangirijwe n’ibiza bibumbiye muri Koperative eshatu (3) zihinga ibishanga bya Nyiramageni, Ngiryi na Kiri, mu karere ka...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama 2020 abapolisi b’u Rwanda 140 bagiye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika...
Urubanza abayobozi ba ADEPR baburanamo n’abakuwe ku buyobozi, rukomeje kuba agatereranzamba mu nkiko, aho bigaragara ko ubuyobozi bukuru bwa ADEPR bwagiye bwandikira inzego z’ubutabera...
Leta y’u Rwanda ivuga ko ishyize imbaraga mu kongera ibikorwaremezo no kunoza serivisi zikenerwa n’abaturiye imipaka, mu rwego rwo kurushaho kuzamura iterambere ryabo. Ni...