Iterambere
By Jeanne d’Arc Munezero Residents of Kayonza District in Murundi sector, Buhabwa cell, located in the former area of Akagera Park, are proud that...
Hi, what are you looking for?
By Jeanne d’Arc Munezero Residents of Kayonza District in Murundi sector, Buhabwa cell, located in the former area of Akagera Park, are proud that...
Politiki ya Leta y’u Rwanda ikomeza gushimangira mu gucuruza serivise ziganjemo iz’ubukerarugendo, ishusho ngari yo kwakira abashyitsi ishingiye ku iterambere ry’imikorere y’amahoteli agezweho kandi...
Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyasabwe kwihutisha ibikorwa byo kwagura imiyoboro y’amazi mu bice biyakeneye, kuko angana na 45% by’atunganywa yose na yo...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yasabye abacuruzi kubahiriza ibiciro byashyizweho ku biribwa bimwe na bimwe nk’umuceri, ibirayi n’ifu y’ibigori izwi nka kawunga, kuko mu minsi iri...
Farmers in Kayonza District say that there are things that should be taken care of so that the profession they do is beneficial to...
Uko isi irushaho kuba umudugudu ni nako ibyaha by’iterabwoba ndetse no guhererekanya amafaranga hagamijwe gukora ibyaha bigenda bifata intera, hakiyongeraho n’ibizwi nk’iyezandonke. Abakora akazi...
Leta y’u Rwanda ivuga ko igiye guhahira ingano n’ibigori mu gihugu cya Serbia, mu rwego rwo kuziba icyuho cyatewe n’intambara iri hagati y’u Burusiya...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yatangaje ko mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku isoko, ikuyeho umusoro nyongeragaciro kuri Kawunga (ifu y’ibigori) n’umuceri. Ivuga ko hashingiwe kuri...
By Gaston K. Rwaka It is too risky a venture for any mother with a child on her back to hit the streets of...
By: Rene Anthere Rwanyange In the last two decades, agriculture in Rwanda was substance based though the majority was involved in it; the farmers...
Johannesburg 30th March 2023, Africa has finally witnessed the first Exchange Traded Funds (ETFs) Conference. Held in Johannesburg, South Africa, the Africa ETF Investment...
Abanyarwanda n’Abagande biganjemo abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, basanga kuba ibihugu byombi bishyize imbaraga mu kuzahura no kunoza umubano, bitanga icyizere ko urujya n’uruza rw’ibintu...
Bamwe mu baturage bahawe inkunga na Leta zigamije kubavana mu bukene (VUP), bavuga ko ubuzima bwabo burimo guhinduka. Ku wa Gatandatu tariki ya 25...
Abagarariye inganda mu rugaga rw’abikorera bavuga ko batewe ishema no kuba haragiyeho ikigega kizatera inkunga ishoramari mu nganda kuko bizongera ukwaguka kwazo bityo banabone umusaruro...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyagatare bagaragaza ko ikiguzi cyo kubaka mu mujyi kitoroshye, kuko babuzwa kubakisha amatafari ya rukaraka biri mu...