Amakuru
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Hi, what are you looking for?
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...
Umuturage wo mu karere ka Kayonza witwa Rutayisire Boniface, yandikiye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu amusaba kuzirikana abantu bose bari biyamamarije kujya mu nama Njyanama z’uturere,...
Amakuru atangazwa na Banki y’Isi, yagaragaje ibihugu 10 bya mbere mu bucuruzi mu mwaka wa 2021. U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri nyuma...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ yahagaritswe igihe kitazwi mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kubera imyitwarire idahwitse. Niyonzima yagaragaye mu...
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo 2021, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, na Minisiteri y’Ubuzima bashyikirije Umunyarwandakazi Mukantabana Crescence, igihembo mpuzamahanga yahawe...
Abadepite bo muri Kenya bafashe umwanzuro wo guhagarika abanyamategeko bize mu Rwanda bababuza gukora umurimo w’ubwunganizi mu mategeko muri icyo gihugu. Si abanyarwanda n’abarundi...
The financing agreements reached with Bank of Kigali and KCB Bank Rwanda will enable entrepreneurs and businesses across Rwanda to access a total of...
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa wa 2021: Biradusaba iki ngo turengere ubuzima bwe? Kuva mu buto bwe no mu gihe cy’ubwangavu, ibidindiza iterambere ry’umwana...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF rifatanyije n’Ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi hanze, NAEB, byiyemeje gutangiza...
Mu gihe hategurwa ibikorwa byo kwizihiza Yubile y’imyaka 25 imaze ibayeho, Choral le Bon Berger yo muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye yashyize...
Ikibazo cy’ibura ry’amata, kigiye kumara amezi 2 hirya no hino mu Gihugu; by’umwihariko mu bakorera ubworozi mu Murenge wa Karangazi ho mu Karere ka...
Ibiganiro bike hagati y’abana n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere ni kimwe mu bituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, bibaviramo kwandura indwara zandurira mu mibonano...
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...