Amakuru
Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda (Rwanda Writers Federation -RWF), ruzahemba abana 2343 bitabiriye amarushanwa yo gusoma ibitabo byanditse mu Kinyarwanda. Aya marushanwa yatangiye mu mpera...
Hi, what are you looking for?
Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda (Rwanda Writers Federation -RWF), ruzahemba abana 2343 bitabiriye amarushanwa yo gusoma ibitabo byanditse mu Kinyarwanda. Aya marushanwa yatangiye mu mpera...
Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yizera ko umwana w’Imana Yesu Kristo agiye...
Ikipe y’igihugu cya Senegal ihetswe Sadio Mané yatsinze ikipe y’igihugu cya Misirii kuri za penaliti 4 – 2 bituma begukana igikombe cya Africa cyabo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha_RIB, rwahaye abakozi umwambaro ugiye kujya ubaranga mu kazi. Ni umwenda w’akazi, ariko hari abazajya bakora berekana gusa ikarita ibaranga, aho kwambara...
Abanyamakuru 60 bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, batera ibiti bigera kuri 500 mu busitani bwo ku muhanda mukuru...
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Binyuze mu masezerano Kaminuza yigisha ubukererugendo, Ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB) yagiranye n’ibigo bikomeye byo muri Qatar n’i Dubai, abize muri iyo Kaminuza babarirwa hagati ya...
Binyuze mu muryango Purpose Rwanda, Ikigo nyarwanda Ralex Logistics, cyunganira abacuruzi muri Gasutamo mu kwinjiza ibicuruzwa no kubyohereza hanze hifafashishijwe inzira zo ku butaka,...
Bamwe mu baba hafi ibikorwa bya Siporo cyane cyane umupira w’amaguru, bagaye bikomeye icyemezo cya Minisiteri ya Siporo cyo guhagarika byinshi mu bikorwa bya...
Nyuma y’amezi asaga 9 u Rwanda rutangiye ibikorwa byo gukingira abaturage COVID-19, abaturarwanda basaga miliyoni 7 n’igice, bangana na 80% by’abagomba gukingirwa bamaze guhabwa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryahannye abasifuzi 7 barimo 3 mu basifuye imikino ibiri mu yo ikipe ya Rayon sports imaze gukina muri shmpiyona...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...