Amakuru
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abafanyabikorwa bagiye gushyiraho ingo mbonezamikurire y’abana bato 5000. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzaba urangiye mu 2021. Uwo mushinga uzatwara miliyoni...
Hi, what are you looking for?
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abafanyabikorwa bagiye gushyiraho ingo mbonezamikurire y’abana bato 5000. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzaba urangiye mu 2021. Uwo mushinga uzatwara miliyoni...
Ba rutahizamu babiri ba Rayon Sports, Jules Ulimwengu na Michael Sarpong, bari baragiye mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bushinwa bagiye kugaruka mu Rwanda bakinire...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA: Rwanda Revenue Authority) kimuye itariki yo kumenyekanishirizaho no kwishyura imisoro ku mutungo utimukanwa wa 2009, ipatanti 2020 n’umusoro ku nyungu...
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 5/07/10/01/107 Tariki ya cyamunara: 06/02/2020 Isaha ya cyamunara: 15:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Kanazi Umurenge: Nyamata Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Inama y’abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 28 Mutarama 2020, yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo uwo kwemeza Iteka rya...
Mu birori byo gutaha ku mugaragaro ishuri ribanza rya Munzenze, ryubatswe mu Murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera; abangavu batewe inda z’imburagihe biganjemo...
Mu bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Kagame yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri Gereza ya Nyagatare, batsinze neza ibizamini bya Leta. Imbabazi nk’izi zatanzwe...
Leta y’u Rwanda yasabye Abanyarwanda gusubika ingendo zitari ngombwa zerekeza mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa, nyuma y’uko hagaragaye icyorezo cya coronavirus, bigatangira no...
Ku wa 28 Mutarama 2020, Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB: Rwanda Social Security Board) cyasohoye itangazo rimenyesha abanyamuryango b’ishami rya RAMA, ko guhera tariki...
Tariki ya 28 Mutarama 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Ashingiye ku bubasha ahabwa...
Mu Rwanda urubyiruko rwihariye igice kinini cy’abatuye igihugu. Nk’uko bigaragarazwa n’ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu 2012, urubyiruko rwihariye 60 ku ijana...
Umukinnyi wo hagati usatira mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda «Amavubi», akaba yari n’umukinnyi wa Rayon Sports, afite amasezerano azasozwa mu mpeshyi ya 2021 ariko...
Binyuze mu muryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere abari abasirikare bamugariye ku rugamba n’abandi bafite ubumuga (RECOPDO: Rwanda Ex-Combatants and other Persons with...
Ku kiyaga cya Kivu nta byambu biteye imbere bihagaragara mu gihe gikoreshwa mu bwikorezi haba gutwara ibintu n’abantu. Ibi bikagira ingaruka ku bakora ingendo...
Ku wa 24 mutarama 2020 ubwo WDA yamurikaga umuhango wo gutanga ibitabo 400 ku bayobozi b’ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, bigamije kwifashishwa mu kuzamura ireme...