Amakuru
Urukiko rw’ i Buruseli mu Bubiligi ku wa Kane rwahamije Umunyarwanda, Fabien Neretse uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’ibyaha by’intambara nyumay’urubanza...
Hi, what are you looking for?
Urukiko rw’ i Buruseli mu Bubiligi ku wa Kane rwahamije Umunyarwanda, Fabien Neretse uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’ibyaha by’intambara nyumay’urubanza...
Ministeri y’ubuzima akomeje ubukangurambaga bwo gukumira icyorezo cya Ebola ibinyujije muri gahunda yiswe Umurinzi mu gukingira Ebola ku bushake mu karere ka Rusizi ku...
Abana 13 bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 10 na 15 ku wa mbere tariki ya 16 Ukuboza 2019, Polisi yabasanze mu karere...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Gen. Patrick Nyamvumba, atangiza inama nkuru ya Polisi yahuje abayobozi ba Polisi batandukanye baturutse hirya no hino mu gihugu, ku...
Abahinzi b’ikawa ba Koperative Abahuzamugambi y’i Maraba bageze kure bifashisha ikoranabuhanga rya telefone mu buhinzi bw’ikawa. Izi telefone bazikoresha mu gutumiza imiti igihe ikawa...
Abacuruzi bo mu karere ka Huye basaba ko bahugurwa kuri porogaramu y’ikoranabuhanga itangirwaho amasoko ya leta “UMUCYO”, kuko abenshi muri bo usanga batazi kuyikoresha,...
“Kugira ngo muzahagararire neza igihugu mugomba kwitanga no kwigomwa” Aya ni amwe mu magambo akubiye mu butumwa umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rweru mu kagari ka Ruhehe ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukuboza 2019 ...
Mu bihe bitandukanye Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba yafashe abantu batatu bacuruzaga bakanatunda urumogi mu gihugu. Mu ntara y’amajyepfo mu karere...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 00013/2019/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya...
Mu gitondo cyo ku wa 13 Ukuboza 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, abapolisi 27 barimo 13 b’u Rwanda na...
Ashingiye ku rubanza RCOMA 0067/2016/CS -RCOMAA 0063/16/CS, rwaciwe n’Urukiko rw’Ikirenga, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Kane tariki ya 20/12/2019 saa sita...
Ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukuboza 2019, ni bwo mu rukiko rw’ubucuruzi i Nyamirambo hazaburanishwa urubanza ADEPR yarezemo GG Company Ltd ihagarariwe na...
Guverinoma y’u Rwanda na Kompanyi y’indege “Qatar Airways” ku wa 9 Ukuboza bagiranye amasezerano y’uufatanye mu ishoramari mu kibuga mpuzamahanga k’indege cya Bugesera. Ayo...
Mu gihe intambara ya kabiri y’isi yose yabaga hagati ya 1939-1945, Abayahudi barenga miriyoni esheshatu bishwe n’agatsiko k’Abanazi b’Abadage bayobowe na Adolphe Hitler bazira...