Amakuru
Ku itariki ya 7 Nyakanga 2019, Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga, yafashe umusore n’inkumi bakekwaho kwiba amafaranga angana n’ibihumbi...
Hi, what are you looking for?
Ku itariki ya 7 Nyakanga 2019, Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga, yafashe umusore n’inkumi bakekwaho kwiba amafaranga angana n’ibihumbi...
Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 25 yo kwibohora, abaturage bo mu karere ka Ngoma baremeye bamwe mu bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika...
As women who have been engaging in medium enterprises have been lacking a financial institution to enable them access to loans, on 21st June...
Uko amakipe agomba guhura mu mikino ya CECAFA KAGAME CUP 2019
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu ni kimwe mu bibazo bihangayikishije umuryango nyarwanda; akenshi usanga ryibasira abagore, abakobwa n’abana. Ni muri urwo rwego ikigo...
Ku wa mbere tariki ya 1 Nyakanga 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Ngoma yafashe umushoferi ukekwaho gukoresha...
Umushinga“Hinga Weze”, uterwa inkunga n’umuryango w’Abanyamerika USAID ukomeje kwagura ibikorwa byo gufasha abahinzi, cyane cyane abakiri bato, kwiteza imbere no kongera umusaruro w’ubuhinzi binyuze...
Abashyizehamwe bahujwe n’urubuga nkoranyambaga rwa Whatsapp, bahuriye kw’izina Inkoramutima Family, bakoresheje ubushobozi bwabo buri wese uko yifite, basuye umubyeyi wacitse kw’icumu rya Jenoside yakorewe...
Urubyiruko rwibumbiye muryango ugamije kurinda ibyagezweho no kubaka Ndi umunyarwanda binyuze mu burere mboneragihugu no mu mibereho myiza (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), bishimira...
Ku wa 26 Kamena 2019 mu murenge wa Rukomo ho mu karere ka Nyagatare, habereye umuhango wo gusoza ubukangurambaga bwo kurwanya no kurandura ibiyobyabwenge....
Mu gihe abagore bakora imishinga iciriritse batari bafite ikigo k’imari kihariye kibaha inguzanyo, ku wa 21 Kamena 2019, mu murenge wa Kimironko, Akarere ka...
Bamwe mu batuye umurenge wa Sake, mu karere ka Ngoma basaba ko gutanga amakuru ashingirwaho kugira ngo umuturage ashyirwe mu kiciro cy’Ubudehe byajya bikorerwa...
Mu rwego rwo kurushaho kumenya amateka y’u Rwanda ndetse ko gufata ingamba nshya mu kunoza serivisi batanga, abakozi basaga 200 ba Sosiyete y’u Rwanda...
Ku wa mbere tariki 24 Kamena, mu ishuri rya Polisi rya Gishari rihereye mu karere ka Rwamagana, hatangijwe amahugurwa y’ibyumweru bibiri yo kurwanya ihohoterwa...
None ku wa mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME....