Amakuru
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasuraga abaturage bo mu karere ka Burera, ku wa 8 Gicurasi 2019, umuturage wo mu karere...
Hi, what are you looking for?
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasuraga abaturage bo mu karere ka Burera, ku wa 8 Gicurasi 2019, umuturage wo mu karere...
Mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare ku makuru yahawe n’abaturage abagabo babiri bafanywe amajerekani ane...
Bamwe mu bunzi bo mu karere ka Gatsibo baravuga ko bishimiye amagare bahawe kubera ko agiye kujya abafasha mu bikorwa byo gutanga ubutabera. Aba...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga ku wa 22/03/2018, urubanza RP00388/2018/TGI/NYGE n’urubanza RP00434/2018/TGI/NYGE zombi...
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu wangiriye gukora icyo abandi bazashobora; ni bwo bagira, bati “si we kamara, nimumwihorere abandi bazarukemura!” Wakomotse ku mugaragu...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi yok u wa 09/01/2018; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 09/05/2019...
Iyi nzu iragurishwa iherereye mu kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, hafi yo kukabindi, ifite ibyumba bitanu (5), uruganiriro ibyumba bibiri...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gicurasi 2019, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Rwanyindo Fanfan, Guverineri Mufulukye n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bitabiriye...
Nta terambere rirambye ryabaho igihe cyose imirimo idahari, n’imirimo ihari igomba kunozwa no gutanga umusaruro, umurimo ugakorwa neza kandi uwukora akabona igihembo gikwiye, umukozi...
Kokayine (Cocaine) kimwe n’ibindi biyobyabwenge biri ku isonga mu kwangiza ubuzima bwa muntu bityo Polisi y’u Rwanda ikaba yarashyize imbaraga nyinshi mu kubirwanya binyuze...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Mata 2019 amatsinda abari y’abapolisi b’u Rwanda basimburanwe mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo....
Abakomoka mu karere ka Gakenke bakorera hanze yako bibumbiye muri Diaspora Gakenke, bikoze ku mufuka bakusanyije inkunga y’ibiribwa bifite agaciro k’ibihumbi bigera kuri 600,...
Ibiyobyabwenge nibyo biza ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano w’abaturage, Polisi y’u Rwanda ikaba yarahagurukiye kubirwanya, kugira ngo umuturage w’u Rwanda abeho afite ubuzima...
Abayobozi ba Polisi z’ibihugu birindwi byo mu karere ku wa kabiri tariki 25 Mata 2019, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije guhuza imbaraga mu...