Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga ku wa 22/03/2018, urubanza RP00388/2018/TGI/NYGE n’urubanza RP00434/2018/TGI/NYGE zombi zaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 30/07/2018, imanza STAR AFRICA MEDIA CO.LTD yatsinzemo Nduwayo Gallican;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 17/05/2019 guhera saa tanu za mugitondo (11h00am) azagurisha muri cyamunara umutungo wa Nduwayo Gallican ku nshuro ya kabiri.
Uwo mutungo ugizwe n’inzu yo kubamo ituzuye, yubatse mu kibanza kibaruye kuri UPI: 5/7/10/02/3908 giherereye mu ntara y’Iburasirazuba, mu karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, Akagari ka Kayumba, Umudugudu wa Rwanza. Cyamunra izabera aho uwo mutungo uhererye.
Ku bindi bisobanuro bariza kuri telefoni igendanwa 0788297106 no ku rubuga www.PBA-CO.ORG rw’abahesha b’inkiko b’umwuga.
Bikorewe i Kigali ku wa 07/05/2019
Me Mufanzara Léonce
Sé
