Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi yok u wa 09/01/2018;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 09/05/2019 saa tanu za mugitondo (11h00), azateza cyamunara ku nshuro ya kabiri umutungo utimukanwa wa MUKASHYAKA CLAUDINE, ugizwe n’ubutaka bubaruye kuri UPI: 5/01/09/04/11 buri mu mudugudu wa Nyakiriba, Akagari ka Musha, Umurenge wa Musha, Akarere ka Rwamagana, Intara y’Iburasirazuba, kugira ngo hishyurwe umwenda wa ERI-RWANDA Ltd.
Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwifuza ibindi bisobanuro yabariza kuri Telefoni igendanwa 0788256517.
Bikorewe i Kigali ku wa 09/05/2019
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Me Anne Murerwa
Sé
