Inkuru nyamukuru
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...
Ikorwa ry’umuhanda nubwo risiga rifashije abaturage mu migenderanire myiza kubera ibikorwa remezo byizewe kandi bihamye biba byakozwe ariko kandi risiga n’ibibazo. Muri Nyamasheke, bamwe...
Kuva taliki ya 25 Ugushyingo kuzageza ku ya 10 Ukuboza 2018, u Rwanda rurifatanya n’isi mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa....
Kweza bakabura isoko ry’imyumbati baruhiye, ni ikibazo gikomereye abahinzi b’imyumbati muri Nyamasheke na Rusizi. Barasaba ko hagira igikorwa ngo badakomeza gukorera mu gihombo. Bamwe...
Ubukangurambaga bw’iminsi itatu bwakorewe abana ijana batewe inda batarageza ku myaka y’ubukure mu karere ka Ngororero, bwatumye ku wa 20 Ugushyingo 2018, ababyeyi b’aba...
Indwara ya Kirabiranya yafashe urutoki mu karere ka Rwamagana yateje abahinzi n’akarere igihombo gikomeye, ku buryo ibitoki bigera ku masoko byagabanyutse cyane ndetse na...
Umuturage utuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, ku wa kane tariki ya 6 Ukuboza 2018, mu nzu iwe hafatiwe amabaro 35 y’imyenda...
Abaturage n’abayobozi mu nzego zitandukanye kuva ku mudugudu kugera ku karere basabwe gukorera hamwe kugira ngo imihigo yeswe neza uko yahizwe. Ibi babisabwe na...
Polisi y’u Rwanda iraburira abagura ibintu bitandukanye kujya bitondera ibyo bagura, kuko bimaze kugaragara ko hari igihe biba ari ibyiganano bitujuje ubuziranenge, ku buryo...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RC000390/2017/TB/KGRMA rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama ku wa 25/1/2018, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu...
Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego zishinzwe umutekano muri Central Africa (MINUSCA) Brig. Gen. Mouhamed Selloum yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu ...
Mu nama y’umutekano yaguye y’Akarere ka Gatsibo yateranye ku wa 27 Ugushyingo 2018, abayobozi basabwe kurushaho kubungabunga umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka...
Ku wa 27 Ugushyingo 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yasabye abacukura amabuye y’agaciro ya ‘Gasegereti’ mu murenge wa Mwurire, kwirinda...
As part of its Affirmative Finance Action for Women in Africa (AFAWA) program, the African Development Bank is partnering with Entreprenarium Foundation to train...
Mu muhango wo gutangiza inama mpuzamahanga ku kwihutisha ingamba zo guca burundu inzara n’imirire mibi, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yavuze ko kugira ngo...