Rwanda
Inzego zishinzwe guteza imbere abagore mu Rwanda zongeye kubashishikariza kugira uruhare rugaragara mu myanya y’ubuyobozi, cyane cyane ku rwego rw’inzego z’ibanze aho bagaragara ari...
Hi, what are you looking for?
Inzego zishinzwe guteza imbere abagore mu Rwanda zongeye kubashishikariza kugira uruhare rugaragara mu myanya y’ubuyobozi, cyane cyane ku rwego rw’inzego z’ibanze aho bagaragara ari...
Mu kiganiro rusange cyabereye mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ku wa 26 Werurwe 2026, cyahuje abanyeshuri biga itangazamakuru n’abarimu babo, Dr. Faustin...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Werurwe 2025, Ikigo Ubudasa Training Center, cyatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 136 barangije amasomo yabo y’igihe gito ibizwi...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko impinduka ziherutse gukorwa muri gahunda ya Mituweli zigamije kuyongerera imbaraga no kuyigira irambye, ko atari ugushyiraho umutwaro...
Abahinzi b’avoka mu Rwanda barasabwa kongera ubuso bahingaho iki gihingwa no kurushaho kwita ku musaruro bafite, kuko gikomeje kugaragaza inyungu nyinshi ku isoko mpuzamahanga....
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko icyemezo cyo gufunga zimwe mu nsengero hirya no hino mu gihugu kidafite aho gihuriye no gutoteza amadini,...
Ikigo cy’imari gikoresha ikoranabuhanga kizwi nka Numida cyatangiye gukorera mu Rwanda ku mugaragaro, kigamije gufasha abakora ubucuruzi buto kubona inguzanyo mu buryo bwihuse kandi...
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bitegura gusubira mu miryango yabo mu kiruhuko k’igihembwe cya...
Igikorwa cy’ubusabane bwa Abayisilamu bo mu Rwanda na Perezida wa Repubulika Paul Kagame cyiswe ‘Meet The President’, cyabaye kuri uyu wa 25 Werurwe 2026...
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) bagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho ingamba zihuse zo guhangana n’ubucuruzi bwa magendu n’ibindi bikorwa binyuranyije n’amategeko...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa gukoreshwa mu buryo busanzwe, hashingiwe ku Iteka rya Perezida Nº11/01...
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’ibisazi by’imbwa ari imwe mu ndwara zica cyane, aho ishobora guhitana 99% by’abantu bagaragaje ibimenyetso byayo. Cyasabye...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...