Amakuru
Abakakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bifatanyije n’abafite ababo baguye muri ibyo bitaro bazize Jenoside, mu kwibuka abari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi...
Hi, what are you looking for?
Abakakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bifatanyije n’abafite ababo baguye muri ibyo bitaro bazize Jenoside, mu kwibuka abari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi...
Abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Kinzovu, Umudugudu wa Nyabisengoa bavuga ko kuri ubu basigaye bihaza mu biribwa...
Dr. Agnes Kalibata Umuhanga akaba n’impuguke mu by’ubuhinzi mu Rwanda kuri ubu uyoboye Umuryango uharanira kurengera ibidukikije muri Afurika AGRA (Alliance for a Green...
Ibitaro bya CARAES Ndera biravuga ko bimaze igihe kirekire biremerewe n’ikibazo cy’abantu bavuwe bakoroherwa basezererwa muri ibi bitaro ntihamenyekane inkomoko yabo,bikongera umubare w’abo ibi...
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Félix Moloua, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bo mu itsinda RWAPSU, ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi bamaze umwaka bakora ko kumucungira...
Abaturage bo mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi, Akagari ka Buhabwa, ahahoze ari mu cyanya cya Parikiy’Akagera bishimira ko umushinga wa KIIWP...
Urubyiruko rufite imishinga iruteza imbere ruvuga ko hari amahirwe Leta y’u Rwanda yashyizeho agamije gufasha urubyiruko kwiteza imbere n’ubwo hari benshi batarayamenya. Mu myaka...
Imibare yerekana ko mu rubyiruko rwa Afurika umwe kuri bane ari umushomeri. N’ubwo bimeze bityo, Impuguke mu by’umurimo zisanga hari amahirwe yo guhangana n’icyo...
By Jeanne d’Arc Munezero Residents of Kayonza District in Murundi sector, Buhabwa cell, located in the former area of Akagera Park, are proud that...
Politiki ya Leta y’u Rwanda ikomeza gushimangira mu gucuruza serivise ziganjemo iz’ubukerarugendo, ishusho ngari yo kwakira abashyitsi ishingiye ku iterambere ry’imikorere y’amahoteli agezweho kandi...
Hari Bamwe mu rubyiruko rugifite imyumvire ivuga ko SIDA itica umukire ahubwo ari indwara y’abakene. Abandi na bo bakavuga ko umukobwa wateguwe neza gukora...