Amakuru
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Cyuve baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu badutse barikumena amazu bakanabahohotera. Bikekwako basimbuye umutwe w’abitwaga abanyarirenga bicaga abantu muri...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Cyuve baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu badutse barikumena amazu bakanabahohotera. Bikekwako basimbuye umutwe w’abitwaga abanyarirenga bicaga abantu muri...
Abadepite bo muri Kenya bafashe umwanzuro wo guhagarika abanyamategeko bize mu Rwanda bababuza gukora umurimo w’ubwunganizi mu mategeko muri icyo gihugu. Si abanyarwanda n’abarundi...
Ku cyumweru tariki ya 7 Ugushingo 2021, habayeho gusimburana kw’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo. Itsinda ry’abapolisi 143 bayobowe na...
Uyu munsi ku wa 5 Ugushyingo 2021, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubugereki Nikos Dendias n’itsinda ayoboye. Ibiganiro bagiranye...
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa, amuha ipeti rya Brigadier General, n’inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru...
Imiryango 41 yo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, yashyikirijwe ibiribwa nyuma y’uko bari baherutse kwibasirwa n’ibiza, byatewe n’imvura nyinshi yaguye ikangiza...
Biravugwa ko habura amasaha make umunyabigwi wa Barcelona Xavi Hernandez ngo asubire muri iyi kipe yo muri Esipanye nk’umutoza wayo, nyuma yaho birukaniye Ronald...
The financing agreements reached with Bank of Kigali and KCB Bank Rwanda will enable entrepreneurs and businesses across Rwanda to access a total of...
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa wa 2021: Biradusaba iki ngo turengere ubuzima bwe? Kuva mu buto bwe no mu gihe cy’ubwangavu, ibidindiza iterambere ry’umwana...
Bikorimana André ni umwe mu baririmbyi bari bagize itsinda (Orchestre) Nyampinga ry’ahahoze ari muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu karere ka Huye mu...
Ku wa 25/10/2021, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Mahanga bwaregeye mu buryo bwihuse dosiye bukurikiranyemo umugabo wishe umugore we amukubise umuhini, akaba afungiwe by’agateganyo...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abahungu babiri bakekwaho kwangiza ibikoresho bitanga amashanyarazi. Icyaha cyabaye mu ijoro ryo ku wa 21/10/2021 mu mudugudu...
Nk’uko Ikinyamakuru Jamaica Observer dukesha iyi nkuru kibitangaza, Umupasiteri wo muri Jamayika uregwa ibitambo by’abantu mu rusengero rwe yapfiriye mu mpanuka y’imodoka y’abapolisi ubwo...