Amakuru
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA), baravugwaho gukingira ikibaba no gutinza gukurikirana abari abayobozi ba Koperative EJO HEZA RUGENDE RICE, bavugwaho...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA), baravugwaho gukingira ikibaba no gutinza gukurikirana abari abayobozi ba Koperative EJO HEZA RUGENDE RICE, bavugwaho...
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yafashe umwanzuro ku mwanzuro (2021/2543(RSP) wafashwe ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 n’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ku...
Mu rubanza rwa Rusesabagina Paul arimo kuburanamo aho ari kumwe n’abo bafatanyije ibyaha kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, nyuma yo...
Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Nyagatare, cyane cyane mu mirenge ya Mimuli na Karangazi, baravugwaho gucuruza abagore babo kugira ngo babone indonke....
Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Rugende barinubira amafaranga bakwa Water User bivugwa ko ari ayo gucunga imikoreshereze y’amazi muri icyo gishanga ariko imirimo...
Ku mugoroba ku wa Gatandatu tariki ya 13 Gashyantare 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe abantu 129 bari mu tubari no...
Bamwe mu barwayi bivuriza indwara za kanseri ku bitaro bya Butaro bahamya ko indwara za kanseri ari indwara mbi cyane ariko ishobora kuvurwa igakira...
Akarere ka Burera kamaze kuzuza igice kimwe cy’ikibuga kigezweho kizajya cyakira imwe mu mikino y’abafite ubumuga. Ku ikubitiro hamaze gushingwa amakipe y’imikino inyuranye y’abafite...
Abatuye mu Mujyi wa Huye, igice cya Kaminuza y’u Rwanda, cyane cyane abahinga mu gishanga cya Mukoni, Umurenge wa Tumba, ko imyaka yabo yonwa...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), ruratangaza ko rwataye muri yombi uwitwa Mfitumukiza wari uherutse gutoroka Gereza ya Muhanga, akab yafatanwe n’uwamuhishe ubwo yari...
Mu karere ka Muhanga haravugwa imbwa zirirwa zizerera mu baturage, bigateza umutekano muke kuko zibicira amatungo. Ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko hagiye kwifashisha umutego wo...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no hanze yarwo bavuga ko Daniel Murenzi Umukozi mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community), akaba ari Perezida wa...
Abadepite bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) batereye icyizere Minisitiri w’intebe Sylvestre Ilunga Ilunkamba, bamusaba kwegura we na Guverinoma ayoboye bitarenze amasaha...