Amakuru
Mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare nibwo Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abakora irondo ry’umwuga bo mu kagari ka Gakoma, Umurenge wa Mamba mu...
Hi, what are you looking for?
Mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare nibwo Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abakora irondo ry’umwuga bo mu kagari ka Gakoma, Umurenge wa Mamba mu...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare 2020, Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari...
Abakobwa batanu hamwe n’umusore umwe bo mu murenge wa Kimisigara mu karere ka Nyarugenge, bagiriye nabi umukobwa baramukubita bigeza n’aho bonona imyanya ndangagitsina bamuziza...
Abayobozi bo mu karere ka Bugesera bahawe iminsi 21 kuba nta muturage n’umwe utishoboye wo muri ako karere uzaba adafite icumbi. Ubwo basozaga umwiherero...
Umunsi wa 14: Ku wa gatanu tariki ya 28/02/2020 15h00: UR Huye vs RP IPRC Huye – UR Huye 19h00: APR vs REG – Amahoro 21h00: ESPOIR vs...
Ku wa Gatatu tariki ya 26 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo yakoze umukwabu wo guhiga abagabo babiri babeshyaga abaturage ko...
Misiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yamenyesheje abakoresha bose baba abo mu nzego za Leta ndetse n’abikorera, kujya bishyurira buri kwezi abakozi babo umusanzu...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano n’ikigo cyitwa Eastern Ventures cyo Bihugu byunze ubumwe by’Abarabu agamije kwita ku mutekano wo mu muhanda. Byitezwe kandi ko...
Mu rwego rwo kwita no kubungabunga ibidukikije bijyanye no gucunga umutekano, Polisi y’u Rwanda yakoze ubukangurambaga mu karere ka Huye, nyuma y’aho mu ntara...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Mu rugaga rw’abagenagaciro mu Rwanda, hatanzwe itangazo risaba abazahatanira umwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Mu bapiganwe haravugwamo umukozi wa Minisiteri y’ibidukikije ariko bivugwa ko yamaze kwemerewa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, sitasiyo ya Muhima, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare yafashe uwitwa Bugingo Martin w’imyaka...
Munanguzi ni izina ry’inzoga nshya itemewe yagaragaye mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Rugera. Isuku n’uburyo iki kinyobwa gikorwamo biteye amakenga kuko bishobora...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo ya 162 mu gika cya 3, mbere y‟uko...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...