Imanza
Ikigurishwa: Inzu UPI: 01/02/13/03/507 Tariki ya cyamunara: 21/02/2020 Isaha ya cyamunara: 11:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Rukiri I Umurenge: Remera Akarere: Gasabo Telefoni wabarizaho: 0788501936 Soma itangazo hano hasi
Hi, what are you looking for?
Ikigurishwa: Inzu UPI: 01/02/13/03/507 Tariki ya cyamunara: 21/02/2020 Isaha ya cyamunara: 11:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Rukiri I Umurenge: Remera Akarere: Gasabo Telefoni wabarizaho: 0788501936 Soma itangazo hano hasi
Babinyujije ku rubuga rwa Titter, Urwego rw’Ubugenzacyaha -RIB, rwemeye ko rufite umuhanzi Kizito Mihigo, bakaba baramushyikirijwe n’Inzego z’umutekano ku wa 12 Gashyantare 2020. RIB...
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro)...
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana...
Abari abakozi barimo abarimu n’abakora iyindi mirimo bakoreraga ishuri rya Technology Education and Training Center (TETC), ryakoreraga mu karere ka Bugesera mu murenge wa...
Inzego zita ku bidukikije mu Rwanda, ziravuga ko zigiye gutangira guhana abacuruza ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe, yaba amacupa, imiheha n’ibipfunyikwamo. Abacuruzi...
Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, bukurikiranye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhunde mu Karere ka Burera witwa Didas Majyambere, ho icyaha cyo gufunga umuntu mu buryo bunyuranyije...
Tariki ya 12 Gashyantare 2020, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yamenyesheje Evode Uwizeyimana na Dr Isaac Munyakazi ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yemeye...
Ikipe ya Gicumbi FC imaze iminsi yakiririra imikino yayo kuva shampiyona y’uyu mwaka yatangira kubera ikibuga cyayo cyari cyarahagaritswe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda...
Mu gihe icyonnyi cy’inzige (Desert Locust) cyagaragaye muri bimwe mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruherereyemo, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), irakangurira abaturarwanda kuba...
Bamwe mu bari abarimu mu ishuli rya Lycée de la Sainte Trinité APED, riherereye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera, birukanwe mu...
Mu gihe hari abaturage bishimira akazi ko gutunganya imihanda babona muri gahunda ya VUP (Vision 2020 Umurenge Programme), ku rundi ruhande hari n’abanenga uburyo...
Ku munsi wa gatatu abakobwa 20 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 bari mu mwiherero (boot camp) i Nyamata kuri Golden Tulip Hotel,...
Nyuma y’uko inzige zigaragaye mu majyaruguru y’igihugu cya Uganda, u Rwanda rwatangiye gufata ingamba zo guhangana n’inzige zishobora kurugeramo igihe icyo ari cyo cyose....
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...