Amakuru
Mu rwego rwo kwita no kubungabunga ibidukikije bijyanye no gucunga umutekano, Polisi y’u Rwanda yakoze ubukangurambaga mu karere ka Huye, nyuma y’aho mu ntara...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo kwita no kubungabunga ibidukikije bijyanye no gucunga umutekano, Polisi y’u Rwanda yakoze ubukangurambaga mu karere ka Huye, nyuma y’aho mu ntara...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Mu rugaga rw’abagenagaciro mu Rwanda, hatanzwe itangazo risaba abazahatanira umwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Mu bapiganwe haravugwamo umukozi wa Minisiteri y’ibidukikije ariko bivugwa ko yamaze kwemerewa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, sitasiyo ya Muhima, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare yafashe uwitwa Bugingo Martin w’imyaka...
Munanguzi ni izina ry’inzoga nshya itemewe yagaragaye mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Rugera. Isuku n’uburyo iki kinyobwa gikorwamo biteye amakenga kuko bishobora...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo ya 162 mu gika cya 3, mbere y‟uko...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Bamwe mu bakozi baribaza impamvu mu turere hari abakozi bashinzwe ubugenzuzi bw’umurimo, nyamara hakaba hakiri uruhuri rw’ibibazo byugarije abakozi mu nzego zitandukanye ziganjemo n’iz’abikorera....
Abakuru b’ibihugu 4 bazongera bahurire ku mupaka wa Gatuna mu minsi itari munsi ya 45 iri imbere mu rwego rwo gukomeza gushaka uko bazahura umubano w’u...
Bamwe mu batuye akarere ka Bugesera bavuga ko imyambarire idahwitse mu rubyiruko rw’abangavu, ari imwe mu mpamvu zitiza umurindi inda zitateganijwe zikomeje guterwa abangavu....
Imyanzuro y’Umwiherero wa 17 w’Abayobozi wabaye kuva ku itariki ya 16 kugeza ku ya 19 Gashyantare 2020, mu kigo cy’ingabo z’igihugu gitanga amasomo ya...
Habumugisha Patrick wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyagisozi, mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n’umuturage...
Hirya no hino mu Rwanda hari bamwe mu bakozi bakorera ibigo byigenga, bavuga ko abakoresha babo batajya babishyurira umusanzu w’ubwiteganyirize bw’abakozi, kandi babakase amafaranga...
Ibinyujije mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko Leta y’u Rwanda yishimiye...