Amakuru
Kutagira amakuru ahagije ku “Nyungu rusange” hamwe nicyo bakora igihe batanyuzwe n’igenagaciro ryakozwe ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe bimuwe ku mpamvu z’inyungu rusange...
Hi, what are you looking for?
Kutagira amakuru ahagije ku “Nyungu rusange” hamwe nicyo bakora igihe batanyuzwe n’igenagaciro ryakozwe ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe bimuwe ku mpamvu z’inyungu rusange...
Buri wa kabiri mu gihugu hose haba inteko rusange z’abaturage, bakaganiriramo ibintu bitandukanye byiganjemo umutekano, iterambere n’imibereho myiza, bakanahakemurira ibibazo bitandukanye ndetse bakanavuga n’ibitagenda...
Umujyi wa Gisenyi ubamo urujya n’uruza rw’abantu kuko uri ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abo bantu bakenera cyane...
Abatuye mu murenge wa Kamabuye mu karere ka Bugesera, baratabaza nyuma yo kubona ko ubushimusi bw’inka bukomeje nubwo hari harafashwe ingamba zo kuraza inka...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko Nzamwita Innocent w’imyaka 39 y’amavuko yafashwe yafashwe ku cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2019, ubwo yari amaze kwica inyamanswa...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo mu karere ka Bugesera mu mirenge yatangijwemo gahunda yo kwigisha hifashishijwe imikino, barahamya ko iyi gahunda izamura ubusabane mu babyenshuri no...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kigabiro mu karere ka Rwamagana hafungiye abagabo babiri bakurikiranweho icyaha cyo gutunda no gucuruza urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu...
Imishinga cumi n’umunani (18) ya ba rwiyemezamirimo bato mu ikoranabuhanga bagitangira imaze guterwa inkunga binyuze mu masomo bahabwa mu gihe cy’amezi atandatu na gahunda...
Kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Kamena 2019, abantu banyuranye batonyijwe nk’inararibonye mw’Itorero rya ADEPR bagera ku 123 bahuriye, ku minsi inyuranye,...
Abakora uburaya bo mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bazwi ku izina “Abatabazi” bahamya ko agakingirizo ari intwaro badashobora kwibagirwa mu gihe...
Abarokotse Jenoside yakorewe abatututsi mu 1994 bo mu Karere ka Rusizi bavuga ko kuba bataragize uruhare mu manza zabereye mu mahanga ku bakoze ibyaha...
Ubushakashatsi burimo gukorwa n’Impuzamiryango nyarwanda iharanira uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), irakora ubushakashatsi harebwa niba amategeko u Rwanda rwashyizeho n’ingamba zafashwe mu kurengera umwana w’umukobwa...
Ni umunsi wizihizwa ubusanzwe ku wa 21 Nzeri buri mwaka, ku rwego rw’Isi; mu Rwanda ukaba wizihijwe ku wa 27 Nzeri 2019, ufite insanganyamatsiko...
Hagati ya saa tatu na saa yine z’ijoro zo ku wa Kane tariki ya 26 Nzeri 2019 ni bwo impunzi 66 ziturutse muri Libya...
Mu gihe mu karere ka Bugesera hakomeje kugaragara umubare munini w’abana bata ishuri, hatangijwe umukwabu wo gushakisha no gufata abana bataye amashuri, ndetse no...