Afurika
Ubwo batangiraga amahugurwa y’iminsi 5 yaberaga muri Malawi (Lilongwe) yitabiriwe n’abanyamakuru, abanyamadini, n’imiryango yigenga iharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere ry’umugore; barerebera hamwe icyatuma intego...
Hi, what are you looking for?
Ubwo batangiraga amahugurwa y’iminsi 5 yaberaga muri Malawi (Lilongwe) yitabiriwe n’abanyamakuru, abanyamadini, n’imiryango yigenga iharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere ry’umugore; barerebera hamwe icyatuma intego...
Urubyiruko ruvuka mu murenge wa Tabagwe, mu karere ka Nyagatare, ariko bakorera i Kigali, bafashe gahunda yo gusubira iwabo bakagira umusanzu batanga muri gahunda...
Kigali, 18 November 2016-IBUKA today commended the recent deportations and extraditions of genocide fugitives to Rwanda. Jean Claude Henri Seyoboka was deported from Canada,...
Umunyatanzaniya Baraka Elias ufite ikibazo cy’imvune mu itako yabuze uko avurwa kuko ngo afite uburebure bukabije ku buryo atabona igitanda cyo kuryamaho mu bitaro...
Hillary Clinton yagaragaje akababaro yagize nyuma y’uko atsinzwe na Donald Trump mu matora y’umukuru w’igihugu akaba ari no ku nshuro ya mbere yongeye kugaragara...
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa mu kwiruka ku bafite ubumuga w’umunyafurika y’Epfo, Oscar Pistorius, yimuriwe mu yindi gereza kugira ngo agororwe...
Guhera ku mugabane muto (2000Frw) mu kigega Iterambere Fund byatumye abafite ubushobozi buke aribo benshi bakigannye. Igurisha rya mbere muri iki kigega ryatangijwe tariki...
«Abasabiriza ibiceri ku mihanda bavuga ko bakeneye ubafasha si ubukene ahubwo ni imyumvire mike yo kumva ko ari abo gufashwa gusa, kuko hari n’abafite...
Ku wa kane tariki 10 Ugushyingo 2016, mu karere ka Rwamagana hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP (Kora Wigire). Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri...
“U Rwanda n’u Burundi hazimye uwatse kuko byari ibihugu bivandimwe kuva ku ngoma ya cyami kugera kuri Repebulika.”kilojnhbn Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga...
Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga (MYICT) yafunguye ku mugaragaro ibikorwaremezo bizwi nka “Rwanda Internet Exchange Point (RINEX)” bizafasha mu kurinda amakuru ari kuri murandasi Abanyarwanda bakoresha,...
Bimaze kumenyekana ko Donald Trump ariwe utsindiye gusimbura Perezida Barack Obama ku buyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atsinze uwo bahataniraga uyu mwanya...
“Gukora witanga ugamije kwiteza imbere bikwiye kuba indagagaciro nk’umuntu ukunda igihugu kwitanga nibyo bigeje u Rwanda aha.” Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije...
Akarere ka Gasabo gasanga guhiga imihigo y’ibizakorwa hifashijwe ibitekerezo by’abaturage n’abanyakuru bizaba impamvu yo kuguma ku isonga. Akarere ka Gasabo mu kiganiro nyunguranabitekerezo n’abanyamakuru,...
Abanyeshuri bo muri IPRC EAST, baravuga ko urugendoshuri bakoreye muri Gashora Girls Academy rubasigiye byinshi birimo kutitinya. Aba banyeshuri bibumbiye muri Club Amie de...