Hi, what are you looking for?
U Rwanda rwatangaje gahunda ivuguruye yo guteza imbere ubukungu butangiza ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije. Iyi gahunda yavuguruwe na...
Ericsson (NASDAQ: ERIC) affirms its commitment to Africa by concluding leadership led visit and engagement with key partners, customers, country stakeholders, and industry leaders...
Itangazo ryavuye muri Perezidansi ya Repubulika ryo ku wa 5 Kamena 2023, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanfa, yakoze impinduka zikomeye...
Ku wa gatatu tariki ya 31 Gicurasi 2023, ku biro by’Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare CICR i Kigali, hizihirijwe imyaka 60 uyu muryango umaze...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ubuziranenge (RSB) gitangaza ko kuva batangira gutanga ibyemezo by’ubuziranenge bw’ibiryo n’ibinyobwa bikoreshwa muri za hoteli zo mu Rwanda, hoteli 18...
Inama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bya EAC yateraniye i Bujumbura mu Burundi, yemeje ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bazakirirwa mu kigo cya Gisirikare cya...
Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko nubwo hakiri imbogamizi zirimo ibikoresho by’ikoranabuhanga bidahagije mu mashuri, iki kibazo ikizi ariko ko na bike bihari iyo bikoreshejwe neza...
Abaturage bo mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Mwulire, bahawe ikigo nderabuzima (Centre de Santé/Health Centre) banemererwa ko hagiye gukorwa ibishoboka byose kugira...
Kankindi Beatha, umugore w’imyaka 62, utuye mu mudugudu wa Miko, Akagari ka Maliba, Umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru. Akora muri VUP akubura...
Atangiza umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Urwego rw’Ubutabera mu Rwanda, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yavuze ko ubutabera budakorwa na...
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza, bashinja Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya...
Abaturage bo mu karere ka rwamagana bavuga ko kwegerwa n’ abayobozi bitoreye ari kimwe mu bibafasha gukemurirwa ibibazo byabo ku gihe ndetse ko umuturage...
Abakakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bifatanyije n’abafite ababo baguye muri ibyo bitaro bazize Jenoside, mu kwibuka abari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi...