Amakuru
Cela fait un moment que je souhaitais m’entretenir avec vous, au sujet d’un problème qui me parait de plus en plus préoccupant. Comment être...
Hi, what are you looking for?
Cela fait un moment que je souhaitais m’entretenir avec vous, au sujet d’un problème qui me parait de plus en plus préoccupant. Comment être...
Kunywa inzoga ni amatsiko? Kwinezeza? Gusabana n’urungano? Kwica inyota? None byaba ari ukubatwa nayo! Maze igihe nibaza byinshi nk’uko natangiye, nkongeraho no kwibaza niba...
Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute -RFI) kiratangaza ko mu minsi iri mbere muri serivisi batangaga...
Koperative y’abatwara abantu n’ibintu ku magare mu karere ka Huye, “Intumwa za Huye”, yatangije ishuri ryigisha amategeko y’umuhanda, hagamijwe gufasha abantu kugira ubumenyi ku...
Senateri Ntidendereza William yatabarutse ku Cyumweru tariki ya 03 Nzeri 2023 azize uburwayi. Yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda...
By Kayitare Jean B. Kinyaga cell, Bumbogo sector, Gasabo district in the City of Kigali there is a time bomb of street children ticking....
Abayobozi bo mu ntara y’Amajyepfo bitabiriye umwiherero w’iminsi ibiri wabahurije hamwe mu karere ka Huye bafashe umwanzuro ko mu bibazo bigeye kwitabwaho cyane harimo...
ARCT_Ruhuka ni umuryango nyarwanda ufasha kwita ku buzima bwo mu mutwe no gufasha abahuye n’ihungabana. Ubu ugizwe n’abanyamuryango 100. Ku wa 27 Kanama 2023,...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Ministeri ishinzwe imicungire y’ibiza ndetse n’Umujyi wa Kigali, bamaze iminsi basaba abaturage batuye ahashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga (ahamenyerewe nko...
Abikorerera bo mu ntara y’Amajyepfo bizejwe gukomeza gushyigikirwa kugira ngo bakomeze kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu no guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda. Ibi aba...
Abanyarwanda batuye muri Sénégal hamwe n’inshuti z’u Rwanda, bizihije Umunsi mukuru w’Umuganura mu birori byabaye ku wa Gatandatu, tariki 26 Kanama 2023. Uwo munsi...
Ku ngoro ndangamurage y’amateka y’imibereho y’Abanyarwanda iherereye mu karere ka Huye hizihijwe umuganura w’abana, hanasozwa inyigisho ku muco nyarwanda n’ibiwugize, abana bahawe mu biruhuko...
Abagore bo mu karere ka Huye bari mu nama y’igihugu y’abagore (CNF) bahagarariye abandi basabwa gukorera hamwe bo ubwabo ndetse bagakorana neza n’inzego z’ubuyobozi,...
Abana basaga 4000 bo mu karere ka Gisagara mu mirenge ya Ndora na Gishubi, bamaze gufashwa kubona abaterankunga bazagira uruhare mu rugendo rw’imibereho yabo...
Ahitwa ku Mukoni mu Karere ka Huye imyaka isaga irindwi huzuye uruganda rwa kijyambere rw’amatafari ahiye ariko ngo iyi myaka yose ruyimaze rukora nabi...