Abagore
Kankindi Beatha, umugore w’imyaka 62, utuye mu mudugudu wa Miko, Akagari ka Maliba, Umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru. Akora muri VUP akubura...
Hi, what are you looking for?
Kankindi Beatha, umugore w’imyaka 62, utuye mu mudugudu wa Miko, Akagari ka Maliba, Umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru. Akora muri VUP akubura...
Atangiza umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Urwego rw’Ubutabera mu Rwanda, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yavuze ko ubutabera budakorwa na...
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza, bashinja Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya...
Abaturage bo mu karere ka rwamagana bavuga ko kwegerwa n’ abayobozi bitoreye ari kimwe mu bibafasha gukemurirwa ibibazo byabo ku gihe ndetse ko umuturage...
Abakakozi b’ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bifatanyije n’abafite ababo baguye muri ibyo bitaro bazize Jenoside, mu kwibuka abari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi...
Dr. Agnes Kalibata Umuhanga akaba n’impuguke mu by’ubuhinzi mu Rwanda kuri ubu uyoboye Umuryango uharanira kurengera ibidukikije muri Afurika AGRA (Alliance for a Green...
Ibitaro bya CARAES Ndera biravuga ko bimaze igihe kirekire biremerewe n’ikibazo cy’abantu bavuwe bakoroherwa basezererwa muri ibi bitaro ntihamenyekane inkomoko yabo,bikongera umubare w’abo ibi...
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Félix Moloua, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bo mu itsinda RWAPSU, ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi bamaze umwaka bakora ko kumucungira...
Urubyiruko rufite imishinga iruteza imbere ruvuga ko hari amahirwe Leta y’u Rwanda yashyizeho agamije gufasha urubyiruko kwiteza imbere n’ubwo hari benshi batarayamenya. Mu myaka...
Imibare yerekana ko mu rubyiruko rwa Afurika umwe kuri bane ari umushomeri. N’ubwo bimeze bityo, Impuguke mu by’umurimo zisanga hari amahirwe yo guhangana n’icyo...
Ku wa gatandatu, tariki ya 06 Gicurasi 2023, bamwe mu Banyarwanda batuye muri Senegal bitabiriye imurikagurisha ryateguwe n’Ikigo cy’ishuri ryisumbuye ry’Abanyamerika (International School of...
Bamwe mu batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba n’abakorera mu isantere ya Batsinda, bavuga ko bahura n’ikibazo cy’uko iyo bakeneye udukingirizo tutari...
Bamwe mu banyeshuri biga mu mashuri yisumbuye mu bigo byo mu Murenge wa Nyamata, bifuza ko bahabwa amahuriro (Clubs) mu bigo bigamo kandi agashyirwamo...
Hari bamwe mu rubyiruko rw’icyaro rwo mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, bavuga ko ababyeyi batajya babaganiriza ku bijyanye n’ubwirinzi ku cyorezo...