Amakuru
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru barasabwa gukomeza kurangwa n’ubumwe aho bari hose bakarushaho kurwanya icyo aricyo cyose cyabubera inzitizi mu byo bakora byose....
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru barasabwa gukomeza kurangwa n’ubumwe aho bari hose bakarushaho kurwanya icyo aricyo cyose cyabubera inzitizi mu byo bakora byose....
Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Rutsiro, babwiye Abasenateri ko mu rwego rwo guteza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, hakenewe ishuri ryigisha iby’ubucukuzi bw’amabuye...
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ifatanyije n’impuguke n’imyitwarire bya muntu bavuga ko hari bamwe mu ababyeyi bakigaragara ko bahoza abana ku nkeke. Bamwe babikora bazi...
Abanyamuryango b’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB bari mu kiruhuko cy’izabukuru barasaba ko amafaranga ya pansiyo bahabwa yakongerwa kuko atakijyanye n’ibiciro ku isoko. Ibi babishingira no...
Ku wa 17 Nzeri 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye inama n’abagize akanama ngishwanama k’umukuru w’igihugu. Nk’uko RBA dukesha iyi nkuru yabitangaje, muri...
Umuryango utari uwa Leta ufasha abafite ubumuga bwo mu mutwe muri gahunda zitandukanye _Izere Mubyeyi, ugiye gutangira ubushakashatsi muri imwe mu mirenge itandatu igize...
Dr. Jimmy Gasore, is appointed as Minister of Infrastructure, 12th September 2023. He was a lecturer at the University of Rwanda teaching atmospheric sciences;...
From Curiosity to Enjoyment, From Enjoyment to Craving, From Craving to Dependency, From Dependency to Addiction….. I have wanted to speak to you all...
Cela fait un moment que je souhaitais m’entretenir avec vous, au sujet d’un problème qui me parait de plus en plus préoccupant. Comment être...
Kunywa inzoga ni amatsiko? Kwinezeza? Gusabana n’urungano? Kwica inyota? None byaba ari ukubatwa nayo! Maze igihe nibaza byinshi nk’uko natangiye, nkongeraho no kwibaza niba...
Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute -RFI) kiratangaza ko mu minsi iri mbere muri serivisi batangaga...
Koperative y’abatwara abantu n’ibintu ku magare mu karere ka Huye, “Intumwa za Huye”, yatangije ishuri ryigisha amategeko y’umuhanda, hagamijwe gufasha abantu kugira ubumenyi ku...
Senateri Ntidendereza William yatabarutse ku Cyumweru tariki ya 03 Nzeri 2023 azize uburwayi. Yaguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda...
By Kayitare Jean B. Kinyaga cell, Bumbogo sector, Gasabo district in the City of Kigali there is a time bomb of street children ticking....
Abayobozi bo mu ntara y’Amajyepfo bitabiriye umwiherero w’iminsi ibiri wabahurije hamwe mu karere ka Huye bafashe umwanzuro ko mu bibazo bigeye kwitabwaho cyane harimo...