Amakuru
Minisitiri w’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene ubwo yatangizaga ku mugaragaro itorero ry’inkomezamihigo ku wa 17 Nzeri 2022 muri Groupe Scolaire Officiel...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Minisitiri w’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascene ubwo yatangizaga ku mugaragaro itorero ry’inkomezamihigo ku wa 17 Nzeri 2022 muri Groupe Scolaire Officiel...
Ihuriro ry’abavuzi Gakondo AGA Rwanda Network, barasaba Minisiteri y’ubuzima kubafasha guhanga n’abiyitirira umwuga wabo bakabateza ibibazo. Ibyo bibazo bigaragaza isura mbi kandi bigatuma batakarizwa icyizere....
Inzego zita ku burenganzira bw’abana zirasaba abikorera n’ibigo bya leta korohereza ababyeyi zikabegereza amarerero aho bakorera hagamijwe kubafasha gukora batekanye kandi bakita no ku...
Ikigo ngenzuramikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro -RURA, kivuga ko Pascal Moto Technology Ltd itarasubira ku isoko rya Mubazi kuri moto kandi kitirukanywe ahubwo cyahagitswe....
Umwanditsi w’ibitabo by’iyobokamana, Germain Muhirwa yemeranya n’abakunze kunenga urubyiruko kutagira umuco wo gusoma ibitabo. Yunga mu ry’umuntu wavuze ko niba hari ikintu ushaka guhisha...
Ikigo kizobereye mu ikoranabuhanga, Pascal Moto Technology, Ikigo cy’abanyarwanda, cyari cyarahagaritse gutanga mubazi zikoreshwa kuri moto, cyagarutse mu isoko ry’ikoranabuhanga mu kwishyuza abakoresha moto...
Guverinoma y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kuringaniza amafaranga y’ishuri (Minelivari) atangwa n’ababyeyi mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’amashuri afatanya na Leta. Abayobozi...
Depite Dr Habineza Frank, Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije -Green Party, Dr Frank Habineza, asanga mbere y’uko leta ifata umwanzuro wo kwimura...
Mu butumwa bwe, Kagame yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron ku butwari yagize muri politiki yo guhindura amateka yaranze umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa...
Mu myaka 70 umwamikazi Elizabeth II yamaze aganje ku ngoma y’u Bwongereza yasuye ibihugu 20 bya Afurika nk’ikimenyetso cy’inyungu, amahirwe ndetse n’urukundo yari afitiye...
Mu butumwa Umuhanzi Ngarambe François Xavier yatanze abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, yatangaje ko yishimiye inkuru nziza ko we n’Umugore we Yvonne-Solange bizihiza...
Ku wa Gatanu tariki 09 Nzeri 2022, mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi y’u Rwanda (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, hasojwe amahugurwa y’iminsi...
Ihuriro mpuzamahanga ku iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika, AGRA, ryatangaje ko rikeneye miliyoni 550 z’amadolari ya Amerika yo gukoresha muri gahunda yo guteza imbere ubuhinzi...
Abaturage b’Akarere ka Muhanga mu mirenge itandukanye baraganirizwa n’abayobozi uko bagira uruhare mu kwikemurira ibibazo no kwicungira umutekano, kugira ngo bagere ku iterambere bifuza....
Mu rwego rwo kurushaho kugaragariza abaturage ibikorerwa mu karere ka Nyamagabe, abaturage bijejwe ko mu mirenge yiganjemo iya kure y’ibiro by’akarere bagiye kwegerezwa imurikabikorwa,...