Abantu
Padiri Rugirangoga Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi bagakira, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu. Yari...
Hi, what are you looking for?
Padiri Rugirangoga Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi bagakira, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu. Yari...
Inkuru y’urupfu rw’umunyamakuru Umuhire Valentin yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa kane tariki ya 07 Mutarama 2021 itangajwe na murumuna we wavuze ko yari...
Padiri Ubald Rugirangoga uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi, yitabye Imana mu rukerera rwo ku uyu wa gatanu tariki 8 Mutarama 2020, aguye mu...
Abaturage bo mu karere Nyabihu Umurenge wa Shyira baratabaza ko ibiza biterwa n’imvura nyinshi igwa igasiba utugezi ndetse na za ruhurura birimo gushyira ubuzima...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko icyumweru gitaha kizarangira ibigo nderabuzima byo hirya no hino mu gihugu bifite ubushobozi wo gupima icyorezo cya COVID-19...
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7...
Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bigeze kurwaza imirire mibi mu bana babo, bavuga ko ubujiji n’ubukene ari...
Bamwe mu bahinga mu cyanya cyuhirwa cyiswe Ngoma 22, giherereye hagati y’imirenge ya Remer ana Rurenge mu karere ka Ngoma, bishimira ko batakigira umwanya...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 4 Mutarama 2021, mu myanzuro yayo, yemeje amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA),...
Ku wa mbere, tariki ya 4 Mutarama 2021, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri w’Intebe. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama...
Umugore wo mu murenge wa Mumuri, mu karere ka Nyagatare, ubu ari mu maboko y’ubutabera akurikiranweho guhana umwana we w’imyaka itandatu y’amavuko, amukubitisha urutsinga...
Centrafurika bishimiye gusoza umwaka mu mutekano usesuye bakesha Ingabo z’u Rwanda Bamwe mu baturage b’Umujyi wa Bangui babonaga Ingabo z’u Rwanda zigenzura umutekano mu...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gitangaza ko cyavuguruye uburyo bwo gusezerera abarwayi ba COVID-19 bitabwaho bari mu ngo, uburyo busanzwe buzwi nka HomeBased...
Abakunzi b’isambaza n’abacuruzi bazo mu Karere ka Rubavu barasaba ko muri iyi minsi mikuru, ihuriranye n’imboneko z’ukwezi ikiyaga cya kivu kitafungwa kugira ngo bakomeze...
Bamwe mu baturage bafite imyaka bahinze mu nkuka z’ikiyaga cya Gashanga barasaba leta ko yabafasha guhabwa ingurane ku mirima yabo, kugira ngo babone uko...