Amakuru
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ku wa 30 Nyakanga 2018, ubwo yatangazaga abakandida depite bemewe by’agateganyo, byagaragaye ko mu cyiciro cy’abafite ubumuga ariho honyine abiyamamaje bose...
Hi, what are you looking for?
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ku wa 30 Nyakanga 2018, ubwo yatangazaga abakandida depite bemewe by’agateganyo, byagaragaye ko mu cyiciro cy’abafite ubumuga ariho honyine abiyamamaje bose...
Bishatsemo ubushobozi buri wese uko yifite, abaturage bo mu mugudu wa Kinunga, Akagari ka Kanserege, Umurenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, bakusanyije inkunga...
Ku cyumweru tariki ya 29 Nyakanga 2018, ikipe ya Rayon sport ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup, yanganyije igitego kimwe kuri...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 28 rishyira iya 29 Nyakanga, nibwo Imanirabaruta Gabriel w’imyaka 22 y’amavuko na Rwasibo Lucien w’imyaka 29 bafatiwe mu...
Mu muhango wo gusoza icyiciro cya Gatandatu cy’amasomo yo ku rwego rwo hejuru y’ubuyobozi mu bya gipolisi, wahuriranye n’uwo guha impamyabushobozi abanyeshuri basoje icyiciro...
The Netherland Embassy in Rwanda has revealed that more collaboration is needed by policy makers, NGO, the private, researchers and other partners if the...
Mu murenge wa Nyange w’Akarere ka Ngororero, abaturage mirongo itandatu na bane barifotoje ariko ntibabona Indangamuntu. Muri bo harimo n’abatagaragara kuri lisiti y’itora, bakaba...
Ku itariki ya 24 Nyakanga uyu mwaka, mu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College) riri mu karere ka Musanze, mu Ntara...
D’amour Seleman, Umusore w’ibigango uzwi nka Papa Shaffy muri Cinema nyarwanda ariko akaba yitwa D’amour Seleman, kuri ubu arembeye bikomeye muri CHUK kubera ikibazo...
Ubwo yatangizaga amahugurwa y’iminsi itatu abera mu karere ka Musanze yo kurwanya imirire mibi, ariyo ntandaro yo kugwingira ku bana, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yibajije...
From Thursday 19th, H.E. President Paul Kagame hosts the leaders of Mozambique, China and India for successive State Visits between 19-24 July 2018. H.E....
Kuba abagore bagira inshingano nyinshi zo kwita ku rugo ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe mu bagabo batuye mu murenge wa Zaza mu karere ka...
Mu karere ka Gakenke bashyizeho gahunda yo guca amande angana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi ku mubyeyi wese utabyariye kwa muganga. Icyo cyemezo cyafashwe...
Biryogo ni kamwe mu tugari tugize umurenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali. Muri aka kagari ka Biryogo harimo umudugudu wa...
Bimwe mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (Human Security Issues) birimo imirire mibi, umwanda, abana bata ishuri n’ibindi. Mu murenge wa Gahini mu karere...