AMATORA 2018
Ku wa 26 Kanama 2018, wari umunsi wo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi...
Hi, what are you looking for?
Ku wa 26 Kanama 2018, wari umunsi wo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi...
Imyitwarire idahwitse ya bamwe mu bari abasirikare ituma byitirirwa abasezerewe mu gisirikare bose, nyamara kugira imyitwarire myiza ntawe byateye ibihombo. Ibi ni ibyagarutsweho na...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, ubwo ryekerekanaga abakandida depite baryo mu karere ka Huye, ryijeje abaturage kugira uruhare bakora ubuvugizi mu kuvugurura...
Inama, Ubuhanga, Ubushishozi, gukorera mu mucyo, gukunda akazi no gukorana n’abandi ni bimwe mu byo wahita umubonaho. Gutuma Nyirabahire Languide ni ugutuma intumwa yuje...
“Ibyo nakoze byose kandi nagezeho mbikesha umutekano nahawe na FPR Inkotanyi.” Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25...
Bamwe mu baturage batuye mu turere twa Rulindo na Gicumbi basaba ko abanyapolitiki biyamamariza kujya mu nteko ishinga amategeko bakwiye kubaha igisubizo kirambye mu...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage, PSD, rivuga ko abaturage nibarigirira icyizere rikabona imyanya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko hazashyirwaho banki iteza imbere...
Muri iki gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga Amategeko, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaza ko nta muyobozi...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Nibyari bisanzwe ko umwari w’imyaka makumyabiri n’ibiri yagira icyerekezo cyo guhatana mu bagore bashaka kwinjira mu nteko ishinga amategeko. Ariko biturutse ku cyizere yifitemo...
Mu nkengero z’umugi wa Gisenyi mu mudugu wa Gafuku, akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama 2018,...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage PSD, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Rubavu ku wa 18 Kanama 2018, ryasabye abaturage gukomeza gushyira imbaraga...