AMATORA 2018
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Hi, what are you looking for?
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Ibikorwa by’iterambere bigaragara hirya no hino mu karere ka Gasabo n’ahandi hose mu gihugu, kugira igihugu kigendera ku mategeko n’imiyoborere myiza nibyo shingiro ryo...
Abanyamuryango ba FPR–Inkotanyi mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba biyemeje gukomeza guteza imbere abahatuye bashyigikira abakandida depite ba FPR n’indi mitwe ya politike...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, urugendo rwo guhatanira kujya mu nteko ishinga amategeko ku myanya 53, barutangiriye mu karere ka Ngoma ku...
Hatangizwa ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, ku wa 13 Kanama 2018, mu karere ka Rulindo, Umurenge...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Kanama 2018, Umuryango FPR Inkotanyi n’imitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP...
The 20-year-old Rwandan won the final classement of the 10th edition of the Tour du Rwanda, the last leg of which went to the...
Ni ibyaganiriweho ku wa gatatu tariki ya 8 Kanama 2018 ubwo hasozwaga amahugurwa y’iminsi ibiri yabereye mu karere ka Muhanga, yagenewe Abajyanama mu nama...
Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa...
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...
Samuel Mugisha today won his first stage on the Tour du Rwanda for his third participation. At only 20, this slender young athlete is...