Amakuru
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, ku bufatanye n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), muri iki gihe imirimo myinshi yahagaritswe kubera kwirinda icyorezo cya...
Iterambere ry’uburezi rirambye rigombye guhera ku mubyeyi utwite, n’uwo bashakanye bakagira imyumvire ituma babaho neza, umwana atwite akabaho neza, kuko umwana wagwingiye cyangwa se...
The first of many Mobile Employment Services provided countrywide through buses started today in Musanze District reaching out to over 200 youths. The buses used...
Abacuruzi bo mu karere ka Huye basaba ko bahugurwa kuri porogaramu y’ikoranabuhanga itangirwaho amasoko ya leta “UMUCYO”, kuko abenshi muri bo usanga batazi kuyikoresha,...
Binyuze muri gahunda ya “Visit Rwanda”, Leta y’u Rwanda n’Ikipe ya Paris Saint-Germain, mu bufatanye bumaze gushyirwa ahagaragara, bagiranye amasezerano yo kwamamaza ubukerarugendo mu...
Umuryango udaharanira inyungu usanzwe ukora ibikorwa by’ubugiraneza birimo gufasha abatishoboye ugiye gushinga ikigo cy’ishuri kitezweho kuzamura ireme ry’uburezi. Rever’s Promise watangijwe mu Rwanda mu...
Ikimpoteri ni ahantu harundwa imyanda ituruka mu ngo, amahoteri n’amaresitora, amaduka, inganda, amavuriro n’ahandi… Ikimpoteri gushyirwa ahantu hitaruye cyane abaturage. Ubusanzwe ikimpoteri gitunganye cyangombye...
On Monday 11th November 2019, Huawei officially flags off the eight students to travel to China for two weeks technological training, through the 2019...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo mu karere ka Bugesera mu mirenge yatangijwemo gahunda yo kwigisha hifashishijwe imikino, barahamya ko iyi gahunda izamura ubusabane mu babyenshuri no...
Ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), abacuruzi b’ibyuma bikonjesha biyemeje kugabanya iyinjira ry’ibifite ibinyabutabire byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Ozone); kugira ngo ikoreshwa...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Kaminuza y’Ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), yiyemeje umuhigo wo guhugura nibura abantu 2000 buri mwaka mu ikoranabuhanga, abo bakazaba ari abakiri ku ntebe y’ishuri ndetse...