Amategeko
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, umuhango wateguwe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa –RCS, byatangajwe ko ingengabitekerezo ya Jenoside mu Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, umuhango wateguwe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa –RCS, byatangajwe ko ingengabitekerezo ya Jenoside mu Rwanda...
Mu magambo aremereye, ku wa 17 Gicurasi 2017, urubanza rwa Dr Kabirima Jean Damascene ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Rusenge...
Ubwo yatangizaga inama y’Ihuriro Nyafurika ry’inzego z’amagereza ibera i Kigali kuva ku wa 15 Gucirasi 2017, iyo nama ikazamara iminsi itanu, Minisitiri w’Intebe, Anastase...
U Rwanda rurashimirwa bidasubirwaho uburyo rufata imfungwa n’abagororwa, bishingiye ku kugabanya ubucucike mu magereza, bimwe mu bihugu bikaba byifuza ko bishoboka byagura umwanya usaguka...
Umukecuru w’imyaka 60 wo mu kagari ka Karenge, Umurenge wa Kibungo, Akarere ka Ngoma afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi Kibungo aho akekwaho ingengabitekerezo ya...
Uhagarariye Company GoodSupply & Construction Ltd, aramenyesha ababerewemo umwenda ko baza kwiyandikisha no kuzakorana inama na bo ku wa gatandatu tariki ya 25/03/2017. Ibi...
Uwamahoro Violette Umunyarwandakazi ufite Ubwenegihugu bw’u Bwongereza, yafashwe na Polisi y’u Rwanda, bivugwa ko akekwaho uruhare mu bugizi bwa nabi afatanyije n’agatsiko k’abandi bantu...
Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere, kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 we n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe...
Ruswa ni imwe mu nzira zituma abaturage barengana, bidindiza ubukungu bw’igihugu muri rusange. Ibi byagarutsweho na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Prof. Sam Rugege ubwo hasozwaga...
Amakuru akomeje gucaracara aravuga ko Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere ubu abarizwa mu maboko y’ubutabera, kuva ku wa...
Bamwe mu bari mu magereza bakatiwe n’inkiko, batsindwa imanza kubera kubura abunganizi ngo babafashe kwiregura ku byaha baba bashinjwa. Ababonye ubwunganizi basaga 460 babonye...
Mu gihe mu magereza havugwamo ubucucike ku mfungwa n’abagororwa, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda, imanza...
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa mu kwiruka ku bafite ubumuga w’umunyafurika y’Epfo, Oscar Pistorius, yimuriwe mu yindi gereza kugira ngo agororwe...