Akarere
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje guha ikibazna Jari Investment Ltd. muri Gashyantare 2020; ikubaka Gare ya kijyambere izakemura ikibazo cy’iterambere ry’ubwikorezi, Imirimo itegura...
Hi, what are you looking for?
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje guha ikibazna Jari Investment Ltd. muri Gashyantare 2020; ikubaka Gare ya kijyambere izakemura ikibazo cy’iterambere ry’ubwikorezi, Imirimo itegura...
Bamwe mu bahinzi ba tungurusumu bo mu karere ka Musanze, bararira nyuma y’ibihombo batewe no kubura isoko y’umusaruro wabo uheze mu mirima. Abo bahinzi...
Ibigo by’ubucuruzi 3 ku bisaga 600 byanditse bibisaba, ni byo bimaze kubona inguzanyo mu kigega cy’ingoboka Leta yashyiriyeho kuzahura ubukungu kubera ingaruka za COVID19....
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Bamwe mu Banyarwanda mu ngeri zinyuranye, baravuga ko imiyoborere myiza no gushyiraho gahunda z’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza ari byo bituma icyizere cyo kubaho mu...
Nairobi, August 6, 2020: African governments, seed companies and regional bodies have been asked to promote appropriate agricultural technologies and innovations that will help...
Nyuma y’imyaka 36 uru ruganda rumaze mu Rwanda rukora sima, kuri ubu 49 ku ijana by’imigabane y’uruganda rwa sima mu Rwanda yamaze kujya ku isoko...
Impuzamiryango iharanira iterambere ry’ubukungu burambye (NSEDO: Network for Sustainable Economic Development Organisations), ishimangira ko kugira ngo habeho iterambere ry’ubukungu rihamye, ritajegajega kandi rirambye ari...
Ku nkunga batewe n’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU), imiryango itari iya Guverinoma yita ku buzima n’ubutabera, yaremeye imiryango isaga 160 yo mu karere ka...
Kugira abacungamutungo n’abakozi bashinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari beza kandi bakurikirana neza imirimo bashinzwe n’ibikenerwa byose kugira ngo umutungo ube ucunzwe neza, byatumye Komisiyo y’Igihugu...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 10 z’amayero, ni ukuvuga akabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu bikorwa...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko ariya mafaranga ari Leta ya America yayatanze ikaba yari ihagarariwe n’Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID. Amasezerano yasinywe none...
Umushinga Hinga Weze na Equity Bank, ku wa 30 Kamena 2020, bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire aho bizafasha abahinzi n’abarozi, koperative z’abahinzi n’ababagezeho imyongeramusaruro kubona...
Nubwo bafite ikibazo cy’urusenda bejeje rudafite isoko, abaturage bo mu karere ka Nyanza babangamiwe na rwiyemezamirimo wabambuye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 24 ku...
Mu rwego rwo guhangana no gukumira ingeso yo “Kotsa imyaka”, -kugirisha imyaka ikiri mu murima, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yashyizeho Amabwiriza N° 29 yo ku...