Hi, what are you looking for?
Ku wa mbere tariki ya 14 Kanama 2023, abafatanyabikorwa b’Akarere ka Huye basaga 146, bahuye mu nama nyunguranabitekerezo biga ku guhanga imirimo mishya muri...
Bamwe mu bakora isuku mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye, bavuga ko bakora akazi kavunanye ariko bagahembwa umushahara w’intica ntikize. Ibi...
Urubyiruko rufite imishinga iruteza imbere ruvuga ko hari amahirwe Leta y’u Rwanda yashyizeho agamije gufasha urubyiruko kwiteza imbere n’ubwo hari benshi batarayamenya. Mu myaka...
Imibare yerekana ko mu rubyiruko rwa Afurika umwe kuri bane ari umushomeri. N’ubwo bimeze bityo, Impuguke mu by’umurimo zisanga hari amahirwe yo guhangana n’icyo...
Ku itariki ya 1 Gicurasi buri mwaka u Rwanda rwifatanya n’Isi yose mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Zimwe mu mbogamizi Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Urugaga rw’Abikorera PSF, barateganya gushyiraho komite ihuza impande zombi, mu rwego rwo kurebera hamwe uburyo bwakoreshwa mu kugabanya umubare w’abafite ubukene...
Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Ugushyingo 2022, mu myanzuro yafashwe harimo ko amasaha y’akazi ashyizweho guhera saa tatu za mu gitondo akazi...
Abakozi b’uruganda C&D rukora imyenda i Masoro mu cyanya cy’inganda, biganjemo abagore n’abakobwa baratabaza uburyo bakoreshwa agatunambwenu aho basanga bitubahirije amahame y’umurimo n’uburenganzira bwa...