Amategeko
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Hi, what are you looking for?
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Umuryango w’abantu umunani barimo abana batandatu bivugwa ko amateka yabasigaje inyuma, nyuma y’uko wari umaze igihe nta cumbi ufite, ku wa Gatanu tariki ya...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 0041/2018/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu...
Ku wa Kabiri tariki ya 13 Kanama 2019, Polisi ikorera mu karere ka Nyagatare ku bufatanye n’abaturage bameneye mu ruhame rw’inteko z’abaturage ibiyobyabwenge byafashwe...
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Ku wa kabiri tariki ya 13 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda yatangije igikorwa cyo guha abaturage 3,000 ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) cyatangirijwe mu ntara...
Tariki ya 11 Kanama 2019, mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi hakozwe siporo rusange mu karere ka Nyagatare nyuma hakorwa igikorwa cyo gutanga amaraso...
Mu gikorwa cyo gusobanurira abaturage ubuvugizi bakorewe ku byiciro bishya by’Ubudehe, bamwe mu batuye umurenge wa Mukura mu karere ka Huye bashyigikiye ko umukene...
Benshi mu baturage batuye mu murenge wa Gishubi, Akarere ka Gisagara Intara y’Amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hashyizweho uburyo bwo kuvugurura ibyiciro bishya by’ubudehe, bakeneye...
Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Rubavu, Akagari ka Gikombe, yafashe umugore witwa Feza Uwamahirwe...
Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abanyarwanda intego y’ubukangurambaga bwa “Gerayo Amahoro” tariki ya 9 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare...
Ni mu nama yahuje Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), abakozi n’abakoresha ndetse n’urugaga rw’abikorera (PSF) ku wa 07-08 Kanama 2019; aho bafatanyije kuvugurura...