Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 23/08/2019saa tanu n’igice za mugitondo (11h30)., azagurisha muri cyamunara umutungo wa Sibomana Jean marie Vianney na Uwamariya Françoise, ukurikira: UPI: 5/06/12/03/871 uherereye mu kagari ka Musya, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, Intara y’Iburasirazuba.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0738307398
Bikorewe i Kigali, ku wa 16/08/2019
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
